Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IYOBOKAMANA

Igikorwa cyo gutaha urusengero rwa ADEPR Remera cyahagaritswe igitaraganya

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/04
in IYOBOKAMANA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umuhango wo gutaha ku mugaragaro urusengero rwa ADEPR Paruwase ya Remera wasubitse nyuma yo kubona ko covid 19 imeze nabi muri iyi minsi bikaba bitashoboka ko hatahwa urusengero abakirisitu batishimye.

Ubusanzwe umuhango wo gutaha uru rusengero waruteganyije kur’uyu wa 9 Mutarama 2022 aho byari byitezwe ko abakirisitu bazabagirwa ibimasa n’inkoko mu rwego rwo kwishimira kuba bareseje umuhigo wo kubakira Imana.

IZINDI NKURU WASOMA

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

Ibendera TV yavuganye n’umushumba wa ADEPR Paroise ya REMERA Past GATANAZI Justin maze avuga ko impamvu y’iri subikwa aruko nta munezero wari kubaho mu gihe hatahwa urursengero bamwe mu bakirisitu badaharii kubera icyorezo cya Covid 19.

Agira ati:”Igikorwa cyo gutaha urusengero cyarahagaritswe, ntabwo ari kur’icyi cyumweru nk’uko byari biteganyijwe, twasanze nta mpamvu yo gutaha urusengero abakirisitu batishimye kubera icyorezo cya Covid 19″.

Pasteri Gatanazi asoza yizeza abakirisitu ko bazamenyeshwa indi tariki yo gutaha urusengero rwabo.

Ibi bije nyuma y’uko kugeza ubu icyorezo cya covid 19 gikomeje kuzura umugara dore ko gikomeje kwihinduranya ubu hakaba havugwa iyiswe omicron imereye nabi abantu dore ko ikomeje gutuma abatari bake bandura.

Uru rusengero rwatangiye gusengerwamo kuwa 20/07/2020 ubwo insengero zakomorerwaga gufungura nyuma y’aho covid 19 yari yatumye zifungwa, abakirisitu bakaba barinjiye mu rusengero ariko umuhango wo kurutaha ntiwabaho dore ko mbere yaho bateraniraga mu rusengero rutoya.

Uru rusengero mu bihe bisanzwe nukuvuga mu bihe bitarimo covid 19 ruteganya kuzajya rwakira abantu babarirwa mu bihumbi 4 kuzamura utabariyemo abari mu bindi byumba biri hirya y’urusengero.

 

IYOBOKAMANA
  • HOME
  • NTIBISANZWE
  • AMAKURU
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • HANZE
  • MU RWANDA
  • AMATANGAZO
  • HOME
  • NTIBISANZWE
  • AMAKURU
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • HANZE
  • MU RWANDA
  • AMATANGAZO
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023
1.4k
HOME

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023
1.4k
HOME

Mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga bwiswe”shyigikira Bibiliya compaign”

August 22, 2023
1.5k
HOME

EV. Julier Earl uturutse muri America azaniye ubutumwa bwiza abatuye mu Bugesera

August 11, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In