Abahanzi bakeneye gukora video mwashyiriweho Promotion n’inzu itunganya umuziki yitwa Destiny King Entertainment yo gukorerwa video mu buryo budasanzwe kandi ku giciro cyiza.
Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwa Destiny King Entertainment ngo iyi promotion niyo gukora video aho umuntu wese ukeneye gukoresha indirimbo cyangwa umuvugo mu buryo bwa video azajya yishyura amafranga ibihumbi 78 (78000) y’u Rwanda.
Iyi ikaba ari promotion ije ku nshuro ya 6 aho buri mwaka iba ikaba igamije guteza impano zijyanye n’ubuhanzi mu Rwanda.
Iyi promotion ikaba yaratangiye kuva tariki ya 10 Gashyantare kuzageza tariki ya 10 Werurwe 2023 aho ubishaka wese asabwa kwiyandikisha binyuze kuri numero igendanwa yav +250788947668 cyangwa kuri email ariyo [email protected]
Iyi promotion ikaba yaraje igamije kugaragaza, gushyigikira no guteza imbere impano nshya mu Rwanda.