Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home HANZE

Abajyanama b’Ubuzima bageze mu zabukuru bagiye gusimbuzwa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/08
in HANZE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ifite gahunda yo gusimbuza abajyanama b’ubuzima bageze mu zabukuru uyu murimo ukinjirwamo n’abakiri bato kugira ngo barusheho gutanga umusanzu na serivisi neza.

Minisiteri y’ubuzima mu bushakashatsi yakoze byagaragaye ko hari abajyanama b’ubuzima bagiye mu zabukuru n’abaretse ako kazi bitewe n’impamvu zirimo no kwimuka.

IZINDI NKURU WASOMA

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

Kenya: Abagore bari kwishyura miliyoni 2,5 Frw kugira ngo abagabo babatere inda

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Daniel Ngamije, yavuze ko basanze abantu bafite imyaka iri hagati ya 21 na 45 ari bo babasha gukurikirana neza gahunda zose z’abajyanama b’ubuzima, ari nayo mpamvu hatekerejwe ku mpinduka.

Dr. Ngamije yavuze ko ikigamijwe ari uko abajyanama b’ubuzima batanga serivisi nziza.

Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije

Minisitiri Ngamije  yagize ati:“Dushaka ko batanga serivise mu buryo bukomatanyirije hamwe aho kugira ngo tugire abajyanama bahuguwe muri gahunda zitandukanye, bose uko ari bane bahurira mu mudugudu umwe aho umwe aba adashabora gukora iby’undi ashoboye, mu gihe atabonetse serivisi ntizibashe kuboneka ku bazikeneye.”

Gahunda yo gusimbuza aba bajyanama b’ubuzima bakuze isanze mu Rwanda habarurwa abajyanama b’ubuzima bagera ku bihumbi 50, biteganyije ko bazagabanuka bakagera ku bihumbi 35 babasha gutanga serivisi nziza kandi zihuse.

Yanditswe na Clement H BAGEMAHE

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023
1.5k
HOME

Kenya: Abagore bari kwishyura miliyoni 2,5 Frw kugira ngo abagabo babatere inda

August 1, 2023
1.5k
HOME

Bimwe mu bitangaza wamenya ku ishyamba rya Amazon bamwe bita ibitangaza

July 30, 2023
1.4k
HOME

Louise Mushikiwabo mu ruzinduko muri RD Congo

July 25, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In