Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Abantu 5 bafunzwe kubera urupfu rufitanye isano n’igiceri cy’100

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/05/12
in HOME, AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu Karere ka Nyanza haravugwa abantu 5 bakurikiranyweho kwica Solange w’imyaka 29 bamuziza igiceri cy’ijana (100Frw).

Mu mudugudu wa Kigarama, mu kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana, mu karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’uko taliki ya 29 Gicurasi 2023  hasanzwe umurambo w’umukobwa yapfuye, ubu hakaba hari abagera kuri 5 bamaze gutabwa muri yombi bazira guhekura uyu mukobwa.

Ikinyamakuru Umuseke dukesha iyi nkuru kivuga ko icyo gihe inzego z’umutekano zageze ahabereye icyaha zinatwara uwo baketseho wese kwica uyu mukobwa.

Kugeza ubu hakaba hamaze gutabwa muri yombi abantu batanu ariko bikaba bivugwa ko babiri muri bo aribo bumvikana ko bashobora kuba barishe nyakwigendera.

Abo babiri bavugwa harimo uwitwa Claude w’imyaka 29 y’amavuko na Pascal w’imyaka 42 y’amavuko .

Uwatanze amakuru yavuze ko nyakwigendera Ntirandekura Solange w’imyaka 29 y’amavuko wari usanzwe akora uburaya,  yabanje gusambana n’umugabo bumvikana Frw 500 aranamwishyura.

Bigeze mu masaha akuze nyakwigendera yaje guhura n’abandi bagabo babiri Claude na Pascal bamutuma itabi, maze agarura amafaranga igiceri cy’ijana (100Frw) ariko ntiyayabaha.

Ngo bamusabye kuyabagarurira aranga, ababwira ko iryo jana bari burihereho bamusambanya, ku mafaranga bari bwumvikane.

Abo bagabo barabyanze ahubwo baramukubita, ariko ntiyapfa gusa ngo nyuma baramunize ashiramo umwuka.

Inzego z’umutekano zabanje gufata umwe aza kuba ariwe utanga amakuru y’uwitwa Pascal nuko nawe atabwa muri yombi atyo.

Nyakwigendera nta mwana yasize, yakoraga uburaya ahazwi nko kuri Mirongo ine i Nyanza, akaba yaravukaga mu murenge wa Ntyazo, mu karere ka Nyanza.

Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In