Tuesday, September 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Abasomana murarye muri menge, hari indwara yandurira mu nzira zirimo no gusomana

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/21
in HOME
0
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Indwara ya Monkeypox ikomoka mu nyamaswa ikomeje kwibasira benshi ikaba yandurira mu nzira zirimo no gusomana cyangwa guhuza ibitsina n’uwayanduye

Monkeypox ni indwara ifite inkomoko mu matungo ikaba yaramaze no kugera mu bantu aho ifata ku ruhu igatera ibituri (ibiheri binini).

IZINDI NKURU WASOMA

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Iyi ndwara ikunze kugaragara hafi y’amashyamba kubera ko ngo yakomotse mu nyamaswa zirimo n’inkende.

Dr ISHEMA Leandre umukozi muri RBC avuga ko iyi ndwara ikomeje kugenda yibasira isi, akaba avuga ko yaba yarageze mu bantu binyuze mu kuba barariye inyamaswa ifite virus ya Monkeypox.

Bimwe mu bimenyetso  biranga iyi ndwara.

-Kubabara umutwe

-Ibituri (ibiheri) ku mubiri wose

-Umuriro n’ubundi,…..

Uko yandura

-Gusomana n’uwayanduye ku buryo amatembabuzi ye ahura n’ayawe

-Guhuza ibitsina n’uwayanduye cyane cyane abafite ibitsina bimwe

-Kuvugana n’uwayanduye amatembabuzi akagutarukira

-Kurumwa n’inyamaswa ifite virus yayo nko ku bakunda guhiga

-Kurya itungo ryipfishije rifite iyi virus

-Kurya inyama zidahiye neza kandi zifite iyi virus

Uko wayirinda

-Kwirinda kwegerana

-Kwambara Agapfukamunwa

-Gukaraba neza kandi kenshi

-Guteka inyama zigashya neza

-Gushyira mu kato uwayanduye kugira ngo atanduza abandi

-Kujya kwa muganga ubonye ibimenyetso byavuzwe haruguru,…

Dr Leandre avuga ko kugeza ubu iyi ndwara ya Monkeypox ifite inkingo 3 ariko ikaba itavurwa ahubwo hakaba havurwa ibyuririzi byayo ari nabyo bishobora kuyica intege igakira.

Dr ISHEMA Leandre umukozi muri RBC

Izo nkingo ni MVA-BN, LC16 na Chickenpox.

Iyi ndwara ya Monkeypox ni indwara yagaragaye mu isi bwa mbere mu mwaka w’1958 igaragara mu gihugu cya Danemark naho mu mwaka w’1970 akaba aribwo bwa mbere yagaragaye mu muntu aho yagaragaye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo icyakora kugeza ubu ikaba itaragera mu Rwanda.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In