Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Abasore 2 b’abatinganyi bakoze ibidasanzwe mbere yo kwiyahura bagapfa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/26
in NTIBISANZWE, AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Armenia haravugwa inkuru y’Abasore 2 b’abatinganyi bashyize hanze ifoto yabo bari gusomana bagahita biyahura bagapfa, bakaba ngo babitewe n’itotezwa bakorerwaga n’abantu

Itsinda ry’abatinganyi muri Armenia ryatangaje ko abasore bajyaga bahuza ibitsina nk’abatinganyi biyahuye ubwo basimbukaga ku kiraro cyo muri Alubaniya nyuma yo gusomana bwa nyuma bakaba basize bavuze ko bari barambiwe itotezwa bakorerwaga n’abantu babaziza ko ari abatinganyi.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Ikinyamakuru cya dailymail dukesha iyi nkuru gitangaza ko Tigran na Arsen aribo biyahuye bakaba barasize batanze ubutumwa kuri instagram bavuga ko bari barambiwe itotezwa bakorerwaga .

Ubu butumwa bwagiraga buti:”Iherezo ryiza ibyemezo byo kubereka amafoto n’intambwe zacu zikurikira twafashe twembi”.

Umuryango Pink Armenia uharanira uburenganzira bwa muntu wavuze ko aba bombi bahise basimbuka ikiraro cya Davtashen muri Yarevan umurwa mukuru w’iki gihugu.

Ibitangazamakuru byaho bivuga ko ababyeyi b’aba basore bari mu barwanyije umubano w’aba basore bombi kandi bivugwa ko Arsen yaba yari yarahunze urugo rw’iwabo.

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Armenia witwa Pink Arumeniya wagize uti:” Aba basore bari bagifite imyaka myinshi y’ubuzima imbere yabo ariko kubera gutotezwa bateye intambwe ibabaje yo kwiyahura.

Ibi bintu bibabaje byongeye kwerekana ko abantu bakora ubutinganyi muri Armenia badafite umutekano kandi ko badashyigikiwe na sosiyeti cyangwa leta.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In