Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Agapfukamunwa kabaye inkota yo gukopera ibizamini

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/01/11
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abanyeshuri ba Kaminuza ya Kyambogo muri Uganda badukanye andi mayeri yo kwandika ibisubizo ku dupfukamunwa n’ibindi bisubizo cyane abakobwa batwara mu mabere, ugiye kubasaka bakavuga ko ari ibikoresho byifashishwa mu isuku mu gihe cy’imihango (cotex).

Aya makuru yemejwe n’Umuyobozi w’iyi kaminuza, Prof Eli Katunguka Rwakishaya wavuze ko mu bizamini byo muri iyi minsi, hagaragaye amanyanga ahambaye yo gukopera, aho ibisubizo bimwe abanyeshuri babyinjirana babishyize mu twenda tw’imbere, mu dupfukamunwa.Ibi uyu muyobozi yabigarutseho mu nama n’abanyeshuri b’Abayisilamu nyuma y’aho hacitse igikuba ko umusekirite w’umugabo yambuye igitamabara umukobwa w’Umuyisilamu yari yitandiye mbere yo kwinjira mu kizamini.Ku bakobwa, Prof Katunguka yavuze ko yakiriye raporo nyinshi zibavugaho ko bagiyebasanganwa impapuro zirimo ibisubizo mu masutiye, hagira ubababaza ibyo ari byo bakavuga ko ari kotegisi batwaye mu mabere.Ni mu gihe kandi aba bakobwa babaga bafite ibikapu ariko bagahitamo gutwara ibyo bita kotegisi.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Mu gukemura iki kibazo, yavuze ko batazareka gusaka abaje gukora ibizamini ko ahubwo bashyizeho abasekirite b’abakobwa kugira ngo bajye basaka ab’igitsinagore biga muri iyo kaminuza ‘Buri hantu’.

Prof Katunguka avuga ko hari n’abitwaza agapfukamunwa kariho ibisubizo, abo nabo ngo batazihanganirwa.

Umuyobozi wa Kaminuza ya Kyambogo, Prof Eli Katunguka Rwakishaya, avuga ko bamenye amanyanga akoreshwa mu gukopera.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In