Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Akari ku mutima wa bamwe mu banyamakuru b’amazina abyibushye mu Rwanda basoje amasomo yabo muri ICK

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/22
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Barore Cleophas, Titian Mbangukira, Uwera Jean Maurice na KUBWIMANA Vedaste ni bamwe mu banyamakuru bahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya 2 cya Kaminuza muri ICK bakaba bavuga ko Imana yasohoje ibyo yari yarabavuzeho.

Abanyamakuru barimo BARORE Cleophas, UWERA J Maurice, Titian MBANGUKIRA, KUBWIMANA Vedaste, Didace NIYIFASHA n’abandi,…bahawe impamyabumenyi nyuma yo kurangiza amasomo y’icyiciro cya 2 cya Kaminuza mu Ishuri rikuru rya Kiliziya Gatolika rya Kabagyi (ICK).

Kubwimana Vedaste umwe mur’aba banyamakuru ukorera Radio 10 na TV 10 yavuze ko rwari urugendo rukomeye ariko bakaba barabishobojwe n’Imana.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Agira ati:” Hari igihe mu rugo badushakaga bakatubura kubera kuva mu kazi umuntu ahitira ku ishuri ariko kubera ko Imana yari idufiteho umugambi mwiza yaradushoboje kugeza uyu munsi yahamije mu ruhame rwa benshi ibyo yagambiriye kuri twe”.

Akomeza agira ati:”Sinavuga ko habaye ah’imbaraga zacu ahubwo byabaye ku bwa Nyagasani kuko twatangiye aruko Imana yabivuze akaba kuba dusoje rero byavuye mu ijambo Imana yatuvuzeho kandi sinshidikanya ko hari n’ibindi izakora”.

Asoza avuga kandi ko kwiga bitarangiriye aha akavuga ko mu gihe Imana yaba iciye inzira azakomeza kongera ubumenyi cyane ko kwiga no kwihugura bitajya birangira.

Barore Cleophas nawe warangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu Itangazamakuru, asanzwe ari Umuyobozi w’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura (RMC), akaba amenyerewe mu biganiro bikomeye akora ku bitangazamakuru bya kuri RBA.

Dore amwe mu mazina y’aba banyamakuru, Titian Mbangukira ukora kuri Radio na TV Izuba, akaba n’umuvandimwe wa Cleophas Barore bombi bakaba barigeze no gukorana mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru kikiri ORINFOR ubu kikaba cyarabaye RBA, harimo Didace Niyifasha Umuyobozi wa Radio Inkoramutima Safari Lambert umukozi wa RADIOTV10 ushinzwe ibijyanye na Tekinike ya Radio 10, Issa Kwigira ukorera Flash FM na KUBWIMANA Vedaste umunyamakuru wa Radio TV 10, Patrick NYIRIDANDI wa RBA,Rutagambwa Gerard wa Le canape ikinyamakuru cyandika, Umutoniwase Diane, umunyamakuru wa Isango star na Uwitonze Providence Chadia wa RBA wanavuze mu mwanya wa bagenzi be.

Ni igikorwa cyabaye kur’uyu wa kane tariki 21 kibera mu Karere ka Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo aho abasoje amasomo yabo muri ICK bahawe impamyabumenyi zabo.

Bamwe muri aba bahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza mu ishami ry’Itangazamakuru n’itumanaho, bakaba baratangiye amasomo yabo mu ishuri rya Christian University ryaje gufungwa, bagahita bajya kurangiriza amasomo yabo mu ishuri rikuru rya ICK riherereye mu Karere ka Muhanga.
KUBWIMANA Vedaste wa RADIO TV10
UWITONZE Providence Shadia
BARORE Cleophas
UWERA J Maurice
Gerard RUGAMBWA

.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In