Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ari mu kaga gakomeye nyuma yo gusambanyiriza umukobwa mu rusengero

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/17
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Nigeria, Umusore w’imyaka 30 y’amavuko yatawe muri yombi akaba akurikiranweho gusambanya ku gahato umukobwa w’imyaka 20 abikoreye mu rusengerero.

Ajibola Akindele w’imyaka 30, arakekwaho gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 20 akabikorera mu rusengero i Abeokuta mu murwa mukuru wa leta imwe mu zigize icyi gihugu .

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Uyu musore akaba yatawe muri yombi nyuma y’ikirego cyatanzwe na nyima w’umukobwa ku cyicaro gikuru cya polisi cya Lafenwa i Abeokuta .

Nyina w’uvugwa ko yasambanyijwe yabwiye abapolisi ko ibi byabaye tariki ya 16/4/2022 ubwo yoherezaga umukobwa we n’ukekwaho icyaha gutaka urusengero rushya rwendaga gutahwa rwo mu gace ka Ita Oshin muri Abeokuta nyuma bikaza kurangira umukobwa akorewe ayo mahano.

Uyu mubyeyi avuga ko bageze ku rusengero, bahahuriye n’abandi bagore bari baje gukubura urusengero mu rwego rwo kwitegura amasengesho yo ku cyumweru.

Uyu mubyeyi akomeza avuga ko abo bagore bakimara kugenda, ukekwaho icyaha yakoresheje uburyo bw’uko bari bonyine asambanya ku gahato uwo mukobwa ndetse abikorera mu rusengero.

Polisi yo mur’ako gace yatangaje ko ukekwaho icyaha yatawe muri yombi ndetse akaba yaremeye icyaha.

Komiseri wa polisi y’igihugu, CP Lanre Bankole, yategetse kohereza bidatinze uyu ukekwaho icyaha mu ishami rishinzwe kurwanya ihohoterwa no gucuruza abana mu ishami rishinzwe iperereza n’ubutasi kugira ngo hakorwe iperereza .

Ikinyamakuru cyitwa presentng.com dukesha iyi nkuru gitangaza ko kugeza ubu abakuru b’uru rusengero ndetse n’abakirisitu bamaganye icyi gikorwa bavuga ko ari icyo kwamaganira kure ndetse bongeraho ko ari agasuzuguro gakomeye ka satani.

Nguwo Ajibola Akindele w’imyaka 30 ukurikiranweho gusambanyiriza umukobwa mu rusengero
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In