Sunday, April 2, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IYOBOKAMANA

Bamwe mu bateganya kwitabira Africa haguruka bagize imbogamizi bakimara kumenya uko izagenda

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/10
in IYOBOKAMANA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma yo gutangarizwa ko igiterane cya “Afurika Haguruka” kigiye kongera kuba ku nshuro ya 23 bamwe mu bantu banyuranye bavuze ko bazabangamirwa no kuba hari bimwe mu bikorwa bizaba mu minsi y’akazi mu masaha ya mugitondo bahera ko bavuga ko izi ari imbogamizi zizatuma bagira ibyo bahomba

Mu gitondo cyo kur’uyu wa kane tariki 10/8/2022 nibwo Intumwa Paul GITWAZA yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, ikiganiro cyagarutse ku giterane kizatangira ku Cyumweru tariki 14 kugera ku wa 21 Kanama 2022 cyiswe Afurika Haguruka ndetse mur’iki giterane hakaba hari ibikorwa bizaba mu masaha ya mbere ya saa sita ubwo abantu bazaba bari mu kazi kanyuranye.

IZINDI NKURU WASOMA

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

Ibyo bikorwa akaba ari nk’inyigisho zo ku misozi irindwi y’impinduramatwara zizajya zibera kuri Zion Temple Celebration Center Gatenga kuva saa mbili n’igice za mu gitondo kugeza saa saba z’amanywa.

Bamwe mu bakunzi ba Afrika Haguruka bakaba batangaje ko bishimiye kuba uyu mwaka Africa Haguruka izaba imbonankubone nyuma y’uko yari imaze igihe iba ku buryo bw’ikoranabuhanga ariko banavuga ko babangamiwe n’izi nyigisho bazahomba kubera ko zizaba mu masaha ya mugitondo aho bamwe baba bagiye mu kazi.

Mugiraneza Antoinette utuye Kimironko mu karere ka Gasabo avuga ko azahomba izi nyigisho kubera ko azaba ari mu kazi ko gucuruza muri Quincaillerie.

Naho ku birebana n’ibiterane by’ububyutse bizajya bibera ku musozi w’amasengesho uherereye i Giheka mu Kagari ka Kagugu mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali kuva saa kumi z’umugoroba kugera saa mbili hari abatangaza ko nabyo bizabagora mu buryo bwa transport cyane cyane mur’iyi minsi mu mujyi wa kigali hamaze iminsi hari ikibazo cy’imodoka nkeya.

Mugwije j Claude utuye i Kanombe avuga ko kuva kanombe akajya kinyinya akaza gutaha bitazamworohera cyane ko ngo kubona imodoka muri iyi minsi bitoroshye.

Kuri ibi bibazo ariko intumwa Paul Gitwaza avuga ko abatazashobora kubikurikira bazifashisha imbuga nkoranyambaga zitandukanye zizakoreshwa. Avuga kandi ko hazifashishwa Autentic TV na Autentic Radio.

Africa Haguruka yatangijwe mu mwaka wa 2000 na Dr Paul Gitwaza umuyobozi wa Authentic Word Ministries, Uyu mwaka Africa Haguruka ikazaba ifite insanganyamatsiko igira iti:”Afurika ramburira amaboko Imana yawe”.

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

February 22, 2023
1.4k
AMAKURU

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

February 18, 2023
1.5k
HOME

Protected: Abazitabira Rwanda Revival Conference barizezwa kuzahembuka ku mutima no ku mubiri

February 1, 2023
1.5k
HOME

Ni umwanda-Ikibazo cy’abasenyeri bashaka kubana bahuje ibitsina cyahuruje imbaga

January 18, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In