Tuesday, October 3, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Bamwe mu batuye mu Gatsata baravuga ko aha hantu hashobora kuba haba amashitani

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/12
in AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma yuko mu Gatsata habereye impanuka ikomeye ikamyo ikagonga umunyegare abahatuye baravuga ko aha hantu hashobora kuba haba amashitani akaba ariyo yaba atera impanuka zihaba

Ahazwi nko mu gatsata mu Karere ka Gasabo ni hamwe mu hakunze kubera impanuka aho nyuma yuko ikamyo yari ipakiye amakara yuriye umunyonzi abahatuye bavuze ko bikomeye cyane ndetse bakaba bavuga ko niba atari satani ukomeje kubateza impanuka yaba ari amashitani ahaba.

IZINDI NKURU WASOMA

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Abatuye mur’aka gace bakomeza bavuga ko aha hantu hakunze kubera impanuka zidasobanutse.

Ibi kandi babihera no kuba ngo n’abashoferi bahakorera impanuka bavuga ko ibintu bibabaho nta ruhare babigiramo.

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda rikunze gusaba abakoresha umuhanda kwitonda yaba abashoferi bagatwara gahoro kandi batasinze ari nako n’abandi basabwa kwitwaririka igihe bakoresha umuhanda.

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In