Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Ifoto y’umunyamakuru Paul RUTIKANGA ikomeje kuvugisha benshi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/02/20
in IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abantu batunguwe no kubona ifoto y’Umunyamakuru Paul Rutikanga umenyerewe mu kuvuga amakuru kuri Television y’u Rwanda aho bigaragara ko inzira ya muntu mu by’ubu buzima ari ndetse urebeye ku ifoto ye ya kera no ku mafoto ye yo mur’ibi bihe

 

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Ni ifoto yakomeje kugenda itembera ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye aho abenshi mu bakunzi b’uyu musore usengera mu idini y’i Roma ahazwi nko kuri Regina Pacis batunguwe no kubona uko yari ameze mu bihe bye bya kera.

Ababonye iyi foto bakaba bashimira Imana dore ko bavuga ko kera yari ananutse ibintu bitandukanye no kuba ubu agaragara abyibushye.

Paul Rutikanga mu bihe bye bya kera bigaragara ko yahindutse aho bigaragarira amaso ya buri umwe ndetse bamwe bagahera ku mafoto ye bahamagarira abandi bantu kudacika intege.

Abantu banyuranye bavuga kandi ko uyu musore azi kwitwara neza imbere ya camera ahanini bakamukunda iyo ari kumwe na Gloria MUKAMABANO aho bakunze gufatanya mu makuru ya buri wa kane saa mbiri z’ijoro.

Iyo wumvise ubuhamya bwe bwa kera bigaragaza ko ari umusore wakuranye inzozi ariko akaza kunyura mu nzira y’inzitane dore ko yinjiye mu itangazamakuru byanga kuko nubwo ubu ari umunyamakuru mwiza ukunzwe kuri Television y’u Rwanda ariko ni ahantu yageze aturutse kuri Royal TV, TV 10 n’ahandi,… akaba ndetse ajya anavuga ko hari naho bigeze kumwirukana ariko agakomeza kudacika intege kugeza ageze aho ari uyu munsi

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In