Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Birababaje! Mu Majyepfo umugabo yatemye umugore we na Nyirabukwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/07/18
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Hagenimana Vincent w’imyaka 30 wo mu Karere ka Ruhango yatemeye abantu batatu barimo nyirabukwe,umugore we na muramu we arangije ariyahura.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Ibi byabaye ahagana  saa yine z’umugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Nyakanga 2023, bibera mu Kagari ka Kamusenyi, Umudugudu wa Kinama, Umurenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umusigire w’Umurenge wa Byimana(admin) ,Musabyimana Marie Claire, yabwiye UMUSEKE ko umurambo we wabonetse mu gitondo bikekwa ko nyuma yo gukora ayo mahano yahise yiyahura.

 Musabyimana yagize ati: “Hari uwo dukeka ko yiyahuye kuko yasanzwe munsi y’umunara, bigaragara ko yanangiritse nk’umuntu dukeka ko yaba yari amaze gukora ibikorwa bitari byiza,arimo ashakishwa yari yateye kwa sebukwe,atema nyirabukwe,umugore we na muramu we.”

Uyu muyobozi avuga ko umugore w’uyu mugabo yari yarahukanye agasubira mu rugo nyuma yo kugirana amakimbirane.

Yongeraho ko mu masaha yo ku mugoroba yateye urugo rwa sebukwe aho umugore yahukaniye.

Ati “Ninjoro nibwo yagiye kwa sebukwe abagwa gitumo, atema umugore, nyirabukwe na muramu we(murumuna w’umugore).”.

Musabyimana avuga ko hataramenyekana intandaro y’amakimbirane bari bafitanye ariko ko hagikorwa iperereza kuri urwo rupfu.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umusigirire yagiriye inama abaturage kurushaho kwicungira umutekano.

Ati “Buriya abantu bafitanye amakimbirane hari igihe umuntu ukora ibara nk’iryo aba yaragiye abivuga,bakumva hari umuntu ufite amagambo mabi,ufite amahane nkuko amakuru agatangwa kare kugira ngo icyaha gikumirwe.”

Aba uko ari batatu bahise bajyanwa ku Bitaro bya Kabgayi kwitabwaho n’abaganga.Umurambo  nawo wajyanywe kuri ibyo bitaro gukorerwa isuzuma.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In