Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Birababaje! Umuhanzikazi Sheebah Karungi ibyo akorera mu buriri byatumye adashaka umugabo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/01
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda yavuze ko ibyo gushaka umugabo nta gitekerezo abifitiye kubera ko ngo ibyishimo byose byo mu buriri abyikemurira bika bikekwa ko aryamana n’abandi bakobwa cyangwa akaba yikinisha.

Queen Karma nk’uko akunze kwiyita, yatangaje ibi ubwo yasubizaga umwe mu bakunzi be ku ipaji ya Instagram wari umubajije ngo ” Ariko mu by’ukuri, ni uwuhe mugabo muryamana?” “

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Sheeba yasubije agira ati ““Nze Kenyini. Ni njyewe ubwanjye ubyikorera. Sinkeneye uwo kunezeza mu buriri kuko ndabyikorera.”).

Amagambo y’uyu mukobwa yatumye nk’uko bisanzwe bamwe bongera kugaruka ku makuru yakunze kuvugwa abo bamwe bavuga ko ashobora kuba aryamana n’abo bahuje ibitsina cyangwa se akaba yikinisha.

Uretse kuba yaragiye avugwa mu nkuru zo gutwara abakunzi b’abandi bakobwa, nta gihe yigeze ajya ku karubanda ngo agaragaze umwe mu bakobwa cyangwa umuhungu baba bakundana.

Sheebah Karungi ni umuhanzikazi ukomoka muri Uganda, yamenyekanye nyuma yo gusohora indirimbo ye yise “Ice Cream”.
Yavutse kuya 11 Ugushyingo 1989 kugeza ubu akaba afite imyaka 32 aho yavukiye Kawempe, Kampala muri Uganda akaba ari mwene Ahamada Kimali Musoke na Edith Kabazungu akaba umuvandimwe wa Mariam Jumba.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In