Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Biratangaje! Ibidasanzwe wamenya ku gihugu gituwe n’abantu 33 gusa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/02/23
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Repubulika ya Molassia ifite ubuso bwa hegitari 6.3 niyo Repubulika ntoya ku isi ituwe n’abantu 33 bonyine

Ntamuntu wakwiyumvisha uburyo igihugu giturwamo n’abantu bake cyane bagera kuri 33 gusa iki gihugu gito cyane kiriho ku isi ya Rurema.

Repubulika ya Molossia ni agace kasabye ubwigenge n’ubusugire bwako, ifite hegitari 1.28 ikaba ibarizwa hafi ya Dayton, muri Nevada, yashinzwe na Kevin Baugh. Repubulika ya Molassia ifite ubuso bwa hegitari 6.3 niyo Repubulika ntoya ku isi aho ituwe n’abantu 33 bonyine.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ubusanzwe Molossia yari Ubwami bwiswe Repubulika nkuru ya Vuldstein mu1977 iza kuba ubwami bwa Molossia mu 1998.

Inkomoko ya Molossia yavuye mu mushinga wa micronation nukuvuga agace gato cyangwa imitwe ya politiki isaba ubusugire bw’igihugu ariko batemewe n’ibindi bihugu byigenga.

Ibi byaje ku gitekerezo cy’uwitwa Baugh na James Spielman ubwo bari ingimbi hanyuma bigerwaho ku ya 26 Gicurasi 1977. Baugh yavuze ko icyi gitekerezo cyo gushinga Molossia yagikuye kuri filime aho Imbeba yatontomeraga ipusi isaba kwigenga.

Repubulika ya Molossia iherereye mu kibaya kinini kiri mu majyaruguru ya leta zunze ubumwe za Amerika. Ni igihugu kigizwe n’ubutaka bwumutse ndetse n’ubugizwe n’umucanga.

Kevin Baugh niwe Perezida w’icyi gihugu akaba yaravutse ku ya 30 Nyakanga 1962 ni umunyamerika akaba ari nawe watangije micronation y’icyi gihugu.

Molossia iherereye mu kibaya cya Dayton, hafi y’uruzi rwa Carson.  Ikigereranyo cy’ubushyuhe bw’umwaka muri Molossia ni 49,6 ° .

Ukwezi gushyuha cyane ni Nyakanga(7) aho baba bari ku bushyuhe bwa dogere 71.1 ° .

Ukwezi gukonje cyane ugereranije ni Mutarama, aho baba bafite ubushyuhe bwa dogere 32.9 ° .

Iki gihugu giherereye muri Amerika y’amajyaruguru gifite umubare munini w’abagabo kurusha abagore bitewe n’ikirere kifashe neza ,gifitiye akamaro abagabo cyane bitewe n’uko ari akarere k’ubutayu, nta bihingwa bishobora guhingwayo.

Iki gihugu ni icyaro nta bikorwa remezo kigira nk’imihanda ya kaburimbo, amashuri ,ibibuga byindege ndetse n’ibitaro.Ba mukerarugendo benshi bakunda gusura iki gihugu bitewe nubuto bwacyo ndetse n’ukuntu imibereho y’abantu baho itangaje.

Kevin Baugh niwe Perezida w’icyi gihugu cya Molossia

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In