Tuesday, September 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home UBUZIMA

Biratangaje! Ikipe idasanzwe yirukanwe burundu izira gutsinda ibitego bidasanzwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/06/01
in UBUZIMA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Matiyasi FC yo muri Limpopo muri Afurika y’epfo yahagaritswe burundu mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda indi kipe ibitego 59-1 mu mukino umwe gusa.

Matiyasi FC yari mu kiciro cya kane ikaba yatsinze ibi bitego mu gihe bashakaga kuzamuka bajya muri ABC Motsepe League, aricyo kiciro cya gatatu muri Afurika y’epfo.

IZINDI NKURU WASOMA

MUNYANTWALI Alphonse niwe ugiye kuyobora FERWAFA

Rayon sports yisubije ikuzo imbere ya APR

Ikipe ya Matiyasi FC yari ku mwanya wa gatatu ku rutonde irushwa amanota atatu n’ikipe ya kabiri, ariko inarushwa ibitego 18 ku bitego zizigamye uko ari ebyiri.

Icyabaye n’uko ubwo bakinaga umunsi wa nyuma w’iyi shampiyona, iyi kipe ya Matiyasi FC yatsinze iyitwa Nsami Mighty Birds ibitego 59-1. Igitangaje muri ibi nuko ibitego 41 byose ari abakinnyi ba Nsami Might Birds babyitsinze, byatumye ishyirahanwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika y’epfo batangiza iperereza kuri iri sanganya.

Ibi bitego kandi sibyo byinshi gusa byagaragaye kuri uyu munsi wa nyuma kuko Shivulani Dangerous Tigers yari ihanganiye na Matiyasi FC umwanya wo kuzamuka, yatsinze ikipe yitwa Kotoko Happy Boys ibitego 33-1, harimo ibitego birindwi abakinnyi na Kotoko bitsinze.

Nyuma y’uko bigaragaye ko haba habayeho kugurishwa imikino(Match fixing), Matiyasi FC yahagaritswe burundu mu mupira w’amaguru. Ndetse FarPost ivuga ko Nsami Mighty Birds, Shivulani Dangerous Tigers na Kototo Happy Boys zagaragaye muri iyo mikino ibiri nazo zaba zahagaritswe.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

MUNYANTWALI Alphonse niwe ugiye kuyobora FERWAFA

June 24, 2023
1.5k
HOME

Rayon sports yisubije ikuzo imbere ya APR

June 4, 2023
1.4k
HOME

Abigeze kuba abanyamakuru bahererekanyije intebe y’ubuyobozi muri FERWAFA

April 21, 2023
1.5k
LUSAIL CITY, QATAR - DECEMBER 13: Lionel Messi celebrates after their sides third goal by Julian Alvarez of Argentina during the FIFA World Cup Qatar 2022 semi final match between Argentina and Croatia at Lusail Stadium on December 13, 2022 in Lusail City, Qatar. (Photo by Clive Brunskill/Getty Images)
HOME

Ni igitangaza! Messi yarambuye ikiganza ahereza impano idasanzwe uwamufashije gutwara igikombe cy’isi

March 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In