Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Biratangaje! Umugore yafashwe ku ngufu n’umujura birangira amutwaye umutima

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/02
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugore w’imyaka 31 y’amavuko yatanze ubuhamya butangaje aho yahishuye inkuru y’uburyo umujura yamuteye i we mu rugo maze akamufata ku ngufu ,bikamuviramo kumva ahuzwe uwari umugabo we babyaranye abana babiri.

Janet ni umugore uri gutambuka ku mbuga nkoranyambaga aho yavuze ko kuva yashaka atigeze agira ibyishimo nk’ibyo umujura yamuhaye ubwo yamufataga ku ngufu.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ibi byishimo byamuviriyemo gusenya kuko umugabo we yahise yaka gatanya akibona ibibaye kuri uyu mugore.

Janet, umugore w’abana babiri avuga ko kuva mbere hose atigeze asambana ku buryo atari azi itandukaniro ry’umugabo n’undi kugeza ubwo yafatwaga ku ngufu.

Asobanura uko byagenze yagize ati:” ubwo nafatwaga ku ngufu nari imbere y’umugabo wanjye, ubusanzwe nkora muri Banki ,ubwo nashakanaga n’umugabo wanjye mu myaka umunani ishize ,sinari narigeze menya ko nagira ibyishimo mu gihe cyo gutera akabariro no kurangiza, nabimenye ari uko njye n’umugabo wanjye tugiye gusura ababyeyi b’umugabo wanjye, mu cyaro mu bihe bya Pasika”.

Akomeza agira ati:”Turi aho mu cyaro ahagana mu masaa saba z’igicuku, amabandi arindwi yagabye igitero mu rugo kwa Databukwe, byari biteye ubwoba, ayo mabandi yabanje kwiba ibintu bifite agaciro byari mu nzu, birangiye, uwari uyoboye ayo mabandi yavuze ko ashaka kunsambanya yahise azirika umugabo wanjye ku ntebe, ashwanyaguza imyenda yanjye ahita anyereka ubugabo bwe ngo agiye kubunkoreshaho, nagize ubwoba ndarira ndamwinginga ntakamba ariko biba iby’ubusa”.

Uyu mugore akomeza agira ati:”Ibyari bigiye kuba byari kwangiza urushako rwanjye, mu gihe njyewe nari narakaye numva ububabare siko byagenze, uwo mujura ubwo yari atangiye numvise meze nk’ufashwe n’amashanyarazi ntigeze numva mu rushako rwanjye”.

Ati:”Ntabwo nibuka igihe natangiriye kumufata ndamukomeza, natangiye kuvuza induru nti “Mana yanjye “ibyishimo byarandenze”, ninginze uwo mujura ngo akomeze ntahagarare abandi babibonye nkaho nari nishimiye gufatwa ku ngufu, nyuma nibwo bamwe bambwiraga ko navuzaga induru igihe nari ngiye kurangiza, niko byari bimeze kuko nibwo nari ngiye kurangiza kuva nashaka, icyo gihe nabonye ibyishimo umugabo wanjye atigeze ampa”.

Uyu mugore asoza avuga ko ubwo abajura bamaraga kugenda yasigaye ameze nk’utazi iyo ari.

Ati:”Umugabo wanjye yarankubise cyane bakigenda, yanyise amazina menshi ntasubiramo, ngo ndi indaya, ngo ntiyakomeza kubana nanjye, namaze mu bitaro ibyumweru bibiri bitewe n’ibyo umujura yankoze ndetse n’inkoni nakubiswe, umugabo wanjye yantaye mu bitaro asubira mu rugo, gusa nange nsigara nibaza ngo ni gute ibintu nk’ibi byambaho? Nkiva mu bitaro nasanze umugabo yaramaze gutegura impapuro za gatanya ngo nzisinye, naramwinginze n’ababyeyi babijyamo ariko aranga ngo ibyo yiboneye n’amaso ye ntibyatuma ampa imbabazi.”

Iyi nkuru dukesha urubuga rwa www.pulse.com.gh ruvuga ko uyu mugore atatangaje amazina ye aho avuga ko kugeza ubu abayeho gutyo yaratandukanye n’umugabo we.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In