Umugore w’imyaka 31 y’amavuko yatanze ubuhamya butangaje aho yahishuye inkuru y’uburyo umujura yamuteye i we mu rugo maze akamufata ku ngufu ,bikamuviramo kumva ahuzwe uwari umugabo we babyaranye abana babiri.
Janet ni umugore uri gutambuka ku mbuga nkoranyambaga aho yavuze ko kuva yashaka atigeze agira ibyishimo nk’ibyo umujura yamuhaye ubwo yamufataga ku ngufu.
Ibi byishimo byamuviriyemo gusenya kuko umugabo we yahise yaka gatanya akibona ibibaye kuri uyu mugore.
Janet, umugore w’abana babiri avuga ko kuva mbere hose atigeze asambana ku buryo atari azi itandukaniro ry’umugabo n’undi kugeza ubwo yafatwaga ku ngufu.
Asobanura uko byagenze yagize ati:” ubwo nafatwaga ku ngufu nari imbere y’umugabo wanjye, ubusanzwe nkora muri Banki ,ubwo nashakanaga n’umugabo wanjye mu myaka umunani ishize ,sinari narigeze menya ko nagira ibyishimo mu gihe cyo gutera akabariro no kurangiza, nabimenye ari uko njye n’umugabo wanjye tugiye gusura ababyeyi b’umugabo wanjye, mu cyaro mu bihe bya Pasika”.
Akomeza agira ati:”Turi aho mu cyaro ahagana mu masaa saba z’igicuku, amabandi arindwi yagabye igitero mu rugo kwa Databukwe, byari biteye ubwoba, ayo mabandi yabanje kwiba ibintu bifite agaciro byari mu nzu, birangiye, uwari uyoboye ayo mabandi yavuze ko ashaka kunsambanya yahise azirika umugabo wanjye ku ntebe, ashwanyaguza imyenda yanjye ahita anyereka ubugabo bwe ngo agiye kubunkoreshaho, nagize ubwoba ndarira ndamwinginga ntakamba ariko biba iby’ubusa”.
Uyu mugore akomeza agira ati:”Ibyari bigiye kuba byari kwangiza urushako rwanjye, mu gihe njyewe nari narakaye numva ububabare siko byagenze, uwo mujura ubwo yari atangiye numvise meze nk’ufashwe n’amashanyarazi ntigeze numva mu rushako rwanjye”.
Ati:”Ntabwo nibuka igihe natangiriye kumufata ndamukomeza, natangiye kuvuza induru nti “Mana yanjye “ibyishimo byarandenze”, ninginze uwo mujura ngo akomeze ntahagarare abandi babibonye nkaho nari nishimiye gufatwa ku ngufu, nyuma nibwo bamwe bambwiraga ko navuzaga induru igihe nari ngiye kurangiza, niko byari bimeze kuko nibwo nari ngiye kurangiza kuva nashaka, icyo gihe nabonye ibyishimo umugabo wanjye atigeze ampa”.
Uyu mugore asoza avuga ko ubwo abajura bamaraga kugenda yasigaye ameze nk’utazi iyo ari.
Ati:”Umugabo wanjye yarankubise cyane bakigenda, yanyise amazina menshi ntasubiramo, ngo ndi indaya, ngo ntiyakomeza kubana nanjye, namaze mu bitaro ibyumweru bibiri bitewe n’ibyo umujura yankoze ndetse n’inkoni nakubiswe, umugabo wanjye yantaye mu bitaro asubira mu rugo, gusa nange nsigara nibaza ngo ni gute ibintu nk’ibi byambaho? Nkiva mu bitaro nasanze umugabo yaramaze gutegura impapuro za gatanya ngo nzisinye, naramwinginze n’ababyeyi babijyamo ariko aranga ngo ibyo yiboneye n’amaso ye ntibyatuma ampa imbabazi.”
Iyi nkuru dukesha urubuga rwa www.pulse.com.gh ruvuga ko uyu mugore atatangaje amazina ye aho avuga ko kugeza ubu abayeho gutyo yaratandukanye n’umugabo we.