Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home HANZE

Biratangaje uruhinja rwavukanye umurizo muremure kandi udasanzwe.

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/08
in HANZE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Uruhinja rw’ibyumweru 35 rwatunguye benshi nyuma yo kuvukana umurizo muremure kandi udasanzwe

Abaganga bo mu bitaro by’abana bya Albert Sabin i Fortaleza, muri Brazil bavuga ko ibi bidasanzwe aho bavuga ko uru ruruhinja ngo ari rumwe muri 40 zavutse zimeze gutya mu mateka ya muntu.

Uyu mwana udasanzwe yavutse afite umurizo wa 12cm uri ku itako ryibumoso, ufite umubyimba wa 4cm z’ubunini ku mpera.

IZINDI NKURU WASOMA

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

Huye: Kwipimisha virus itera SIDA biracyari ihurizo mu rubyiruko

Uko uyu mwana yavutse nuko yabazwe byanditswe mu binyamakuru byandika ku nkuru z’ubuzima bya hariya muri Brezile, aho byerekana amafoto asobanura uko byagenze.

Ibi binyamakuru bivuga ko abantu bose ngo iyo bari mu nda za ba nyina baba bafite umurizo, ariko mu gihe cyibyumweru bya nyuma ukavaho.

Abaganga bo muri Brazil bemeje kandi ko umurizo w’uyu mwana utarimo amagufwa, byatumye uba “umurizo nyawo w’umuntu” kandi uyu mwana ngo yabaye uwa 40 wavukanye umurizo mu bantu bazwi babayeho ku isi uhereye mu kinyejana cya 19 ubwo byavugwaga bwa mbere.

Uyu mwana yavutse mu mpera z’umwaka ushize w’2020 ariko ibizamini byakozwe mbere yo kuvuka k’uyu mwana bikaba bitarashoboye kwerekana uyu murizo, ariko kubw’amahirwe ultrasound ikaba yemeje ko bitajyanye na sisitemu cyangwa se ngo bigire aho bihuriye n’ubwonko bw’umwana.

Impamvu iyi nkuru iri kumenyekana ubu ngo nuko aribwo haje gufatwa umwanzuro wo gukata uyu murizo dore ko ngo byari bimaze kwemeza ko kuwukata nta kibazo byateza ku buzima bw’uyu mwana dore ko ngo kugeza uyu munsi ubuzima bwe bumeze neza.

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Huye: Kwipimisha virus itera SIDA biracyari ihurizo mu rubyiruko

December 2, 2022
1.5k
HOME

Philippines: Ak’abanyeshuri bamenyereye gukopera kashobotse

October 24, 2022
1.5k
AMAKURU

Nyuma yo kubagwa Ibere kubera kanseri, NSABIMANA aratanga inama ku Banyarwandakazi batandukanye

October 8, 2022
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In