Saturday, April 1, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Birihutirwa: Imyanzuro ireba abafite ubutaka mu Rwanda

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/06/21
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abasaba ibyangombwa birebana n’ubutaka mu Rwanda baramenyeshwa ko habayeho impinduka zirebana n’ibyangombwa by’ubutaka aho byajyaga bisohoka mu ibara risa n’umuhondo werurutse ubu cyikazajya gisohoka ku mpapuro z’umweru.

Nubwo hatagaragajwe impamvu byakozwe ariko Ikigo gishinzwe ubutaka mu Rwanda kiratangaza ko cyamaze guhindura impapuro z’ibyangombwa by’ubutaka bya burundu.

Ubusanzwe icyi cyangombwa cyajyaga gisohoka gifite ibara ry’umuhondo werurutse ubu hakaba hamaze kubaho impinduka aho kizajya gisohoka gifite ibara ry’umweru.

IZINDI NKURU WASOMA

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

Ikigo gishinzwe ubutaka mu Rwanda kikaba kimenyesha kandi abanyarwanda ko nta cyahindutse ku makuru yabarizwaga kuri icyo cyangombwa cy’ubutaka cya burundu ndetse n’uburyo ibyangombwa byatangwagamo bukaba butahindutse.

Nubwo ibi bimeze gutya ariko abagana serivisi z’ubutaka mu Rwanda binubira uburyo zimwe muri serivisi z’ubutaka bazihabwa nabi izindi zigatinzwa nta mpamvu abandi bagacibwa amafaranga menshi ibintu bamwe bifuza ko byahabwa umurongo uboneye nk’aho bavuga ko iyo ugiye gukora ihererekanyabubasha ku butaka waguze usanga abagupimira baguca amafranga bishakiye kandi nyamara hagombye kubaho amafaranga azwi kandi ajyanye n’ingano y’ubutaka bupimwa.

Iri tangazo rigaragaza izi mpinduka rikaba ryagiye ahagaragara kur’uyu wa 17 Kamena 2022 rigashyirwaho  umukono na MUKAMANA Esperance Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubutaka mu Rwanda.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023
1.4k
AMAKURU

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023
1.4k
HOME

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023
1.4k
HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In