Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Birihutirwa: Imyanzuro ireba abafite ubutaka mu Rwanda

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/06/21
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abasaba ibyangombwa birebana n’ubutaka mu Rwanda baramenyeshwa ko habayeho impinduka zirebana n’ibyangombwa by’ubutaka aho byajyaga bisohoka mu ibara risa n’umuhondo werurutse ubu cyikazajya gisohoka ku mpapuro z’umweru.

Nubwo hatagaragajwe impamvu byakozwe ariko Ikigo gishinzwe ubutaka mu Rwanda kiratangaza ko cyamaze guhindura impapuro z’ibyangombwa by’ubutaka bya burundu.

Ubusanzwe icyi cyangombwa cyajyaga gisohoka gifite ibara ry’umuhondo werurutse ubu hakaba hamaze kubaho impinduka aho kizajya gisohoka gifite ibara ry’umweru.

IZINDI NKURU WASOMA

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ikigo gishinzwe ubutaka mu Rwanda kikaba kimenyesha kandi abanyarwanda ko nta cyahindutse ku makuru yabarizwaga kuri icyo cyangombwa cy’ubutaka cya burundu ndetse n’uburyo ibyangombwa byatangwagamo bukaba butahindutse.

Nubwo ibi bimeze gutya ariko abagana serivisi z’ubutaka mu Rwanda binubira uburyo zimwe muri serivisi z’ubutaka bazihabwa nabi izindi zigatinzwa nta mpamvu abandi bagacibwa amafaranga menshi ibintu bamwe bifuza ko byahabwa umurongo uboneye nk’aho bavuga ko iyo ugiye gukora ihererekanyabubasha ku butaka waguze usanga abagupimira baguca amafranga bishakiye kandi nyamara hagombye kubaho amafaranga azwi kandi ajyanye n’ingano y’ubutaka bupimwa.

Iri tangazo rigaragaza izi mpinduka rikaba ryagiye ahagaragara kur’uyu wa 17 Kamena 2022 rigashyirwaho  umukono na MUKAMANA Esperance Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubutaka mu Rwanda.

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In