Ahazwi nko mu migina imbere ya Stade AMAHORO imodoka irahiye irakongoka, gusa ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi ryatabaye rizimya uwo muriro washoboraga kwangiza byinshi
Mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, mu mujyi wa Kigali imodoka irahiye irakongoka gusa ntibiramenyekana icyaba cyateye iyo nkongi.
Iyi modoka ikaba yari iy’umwarabu ufite ubucuruzi bw’inkoko mu migina imbere ya Petit stade.
Turacyabakurikiranira iyi nkuru tukaza kuyibagezaho neza mu nkuru zitaha.