Tuesday, May 30, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Bugesera: Macumi arishimira inzu ye yakuye mu mwuga wo kudoda inkweto

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/07/05
in HOME, AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Macumi Théogène ni umugabo utuye mu Mudugudu wa Rwakaramira, Akagari ka Kibenga, Umurenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, akaba akorera umwuga we wo kudoda inkweto mu Murenge wa Nyamata.

Uyu Macumi Afite umuryango kandi avuga ko umwuga we wo kudoda inkweto ariwo ubatunze ku buryo nta muntu urasonza cyangwa ngo yibe kuko hari icyo yifuje akakibura.

IZINDI NKURU WASOMA

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

Macumi avuga ko yatangiye umwuga wo kudoda inkweto mu 1995, kandi kugeza ubu akaba yumva ari umwuga akunda ndetse yanakundisha abandi dore ko awukesha byinshi birimo no kuba yujuje inzu akesha aka kazi.

Yagize ati “Kudoda inkweto ni umwuga nkunda kuko sinawukora igihe kingana gitya ntawukunda, ni umwuga najemo nkodesha ariko ubu ntuye mu nzu yanjye, ikindi kandi naguze n’isambu ntoya nahingamo .

Macumi avuga ko ubu bakorera muri Koperative, akaba yatahana amafaranga ari hagati y’ibihumbi bibiri na bine(2000-4000 Frw) ku munsi, bitewe n’uko umunsi wagenze, gusa ngo babona amafaranga menshi iyo isoko ryaremye.

Macumi kandi avuga ko azi neza akamaro ko kwizigamira aho Agira ati “Mu mafaranga nkura aha, ndanizigamira ubu nkorana na SACCO, ndetse hari ubwo nizigamira nkaba nageza ku mafaranga ibihumbi magana arindwi kuri konti(700.000Frw) kandi nyavanye mu kudoda inkweto”.

Asoza akangurira urundi rubyiruko kwitabira umwuga wo kudoda inkweto bakareka kuwusuzugura kuko ngo ni umwuga wateza imbere uwukora mu gihe yawuhaye agaciro.

Kugeza ubu Macumi akaba afite inzu nubwo avuga ko atibuka neza agaciro kayo ariko avuga ko ari iyo yakuye mu mwuga wo kudoda inkweto.

Macumi Théogène, uwambaye ingofero
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023
1.5k
HOME

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023

Kigali: Dasso yafunzwe akurikiranweho icyaha cya ruswa

May 23, 2023

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi agiye kurongora umukobwa wahoze ayobora Radio ikomeye mu Rwanda

May 22, 2023

Kwibuka 29: ADEPR Kabeza bibutse abakirisitu bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

May 21, 2023

Umugore yakoze igisa n’ubukunguzi mu biroli byo kumenya uko azaba ameze ari gushyingurwa napfa

May 18, 2023

Mu bitaro bya Kabgayi, Ibihombo biravuza ubuhuha

May 18, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In