Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Bugesera:Ibivugwa ku makuru y’umusaza bivugwa ko amaze imyaka irenga 27 aziritse mu mugozi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/29
in NTIBISANZWE
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

BUTERA Pascal Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera yanyomoje amakuru avuga ko mu Murenge ayobora hari umusaza uba mu mugozi ndetse avuga ko yitabye Imana umwaka ushize yarahawe akagare ko kugenderaho.

Uyu musaza yari atuye mu burasirazuba bw’u Rwanda mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera amazina ye akaba ari Mihigo Ezekiel.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Bivugwa ko uyu musaza yitabye Imana tariki 23/10/2021 azize uburwayi ariko ubuyobozi bukemeza ko na mbere yo kwitaba Imana yari abayeho mu buzima butari bwiza ahanini ngo bitewe n’amakimbirane yagiranye n’umuryango we.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyarugenge BUTERA Pascal yatangarije Ibendera.com ko amakuru avugwa yo kuba mu kiziriko nk’ihene ari ibinyoma ko ndetse yitabye Imana.

Agira ati:” MIHIGO Ezechiel ndamuzi yitabye Imana umwaka ushize tariki 23/10/2021 ndetse akaba yarazize uburwayi kuko yararwaye ajyanwa kwa muganga hanyuma aza gushiramo umwuka aho yararwajwe n’umuhungu we”.

Gitifu BUTERA asoza agira ati:”Mu by’ukuri yari asanzwe abayeho mu buzima butari bwiza cyane bitewe no kuba yaragiye agirana amakimbirane n’umuryango we, umugore we aza kwigendera ndetse n’abana be barigendera bajya kuba ahandi asigara wenyine ariko Akarere kaje kumuha akagare ko kugenderaho kuko yarafite ubumuga, ntabwo ibyo kuba mu mugozi ari ukuri”.

Ni mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hari hakomeje kunyura amakuru avuga ko uyu musaza Muzehe Ezekiel amaze imyaka irenga 27 aziritse mu mugozi ndetse akururwa n’ihene ijyanwa kurisha cyangwa kuragirwa.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In