Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Byankoze ku mutima, nzi icyo mbagomba-Emmanuel Macro

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/25
in HOME, AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Emmanuel Macron nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora ubufransa yabwiye abafransa ko icyizere bamugiriye cyamukoze ku mutima kandi abizeza ko azaba President wa bose yaba abamutoye n’abatamutoye

Ubwo yamaraga gutorwa mu matora yabaye kur’icyi cyumweru Emmanuel Macron mu ijambo yagejeje ku mbaga y’Abafransa yashimiye cyane abamutoye anabizeza ko azi neza icyo abagomba kandi azaba President wa bose.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Yagize ati:”Mwakoze, mwakoze yaba abari hano i Paris mu Bufransa n’abari hirya no hino ku isi mwese mwakoze”.

Akomeza agira ati:”Nyuma y’imyaka 5 tuvuyemo kandi itari yoroshye uyu munsi tariki 24 Mata uyu mwaka wa 2022 mwongeye kungirira icyizere cyo kuyobora ubufransa mu gihe cy’imyaka 5 iri imbere, ndabashimiye”.

Yashimiye kandi abamubaye hafi mu rugendo rwo kwiyamamaza kuva atangiye kugeza ashoje,ndetse ashimira n’abateguye amatora avuga ko ibyo bakoze batakoreye ubusa avuga ko bimukoze ku mutima ndetse avuga ko ibyo abagomba abizi.

Yavuze ko azakomeza guharanira iterambere ry’igihugu cye kandi avuga ko azakomeza gushyigikira ubwigenege bw’abaturage be,avuga ko icyizere bamugaragarije ari umukoro bamuhaye ariko avuga ko atazabatenguha byanga bikunda.

Yashimiye uwo bari bahanganye ariwe Marine Le Pen anamwifuriza kugira ubuzima bwiza, anashimangira ko azaba President w’abafaransa bose yaba abamutoye n’abatamutoye.

Emmanuel Macron yaraye agiriwe icyizere cyo kongera kuyobora Ubufaransa nyuma yo kwegukana amajwi 58.5% atowe n’abantu 18,779,641 naho Le Pen agira amajwi 41.5% atowe n’abantu  13,297,760 akaba agiye kuyobora Abafransa mu gihe cya manda y’imyaka 5.

President Emmanuel Macron yahigitse Marine Le Pen

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In