Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Chorale New Paradise Ibarizwa mu itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi yakoze igitaramo kidasanzwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/10/16
in IMYIDAGADURO
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Ni igitaramo kidasanzwe cyabaye kur’uyu wa 16/10/2021 aho cyahawe insanganyamatsiko 
bise YESU NDAMUSHIMA

Ubusanzwe iyo bavuze abadiventiste benshi bunva ama chorale yakunzwe

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Nigacye usanga bajya mu bitangazamakuru. IBENDERA.com ubwo twageraga ahaberaye icyi gitaramo twatunguwe no gusanga ari igitaramo cyaranzwe n’ingamba zo kwirinda covid-19 aho kuva covide 19 yagera mu Rwanda kuva mu kwezi kwa 3/2020 ari ubwa mbere ku rusengero rw’abadiventiste b’umunsi wa karindwi rwa kabeza hateguwe igitaramo

Ni igitaramo batumiyemo ama chorale akunzwe mur’iyi ntara y’ivugabutumwa ya Bibare aho twavuga nka :
Jubilant singer
Ubungingo bushya 
Inkuru nziza, ndetse n’izindi,….

Korali Ubuginsho bushya

Ni igitaramo cyatangiye ku isaha ya saa 14:00 aho batangije indirimbo ya 350 na chorale jubilant singer, naho chorale ubungingo bushya itangirana indirimbo 4.

Iyi ni chorale Ibarizwa ku itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi rya samuduha ubusanzwe iyi akaba Ari chorale benshi bazi mu kuririmba indirimbo benshi bita iz’ubuhanuzi, maze bigatuma ikundwa.

Ni chorale kandi ifite abaririmbyi bake n’ubwo bavuga ko batangiye umurimo itangijwe n’umuririmbyi umwe gusa bakavugako bashima lmana yaba shoboje.

Ubwo byageraga ku isaha ya 15h:15 Chorale inkuru nziza yo ku itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi rya Bibare yaje isusurutsa imbaga mu by’ukuri wabonaga ko abantu banyotewe no kongera gutaramirwa nyuma y’umwaka waruciyemo badataramirwa aho mu ndirimbo 4 nabo bahimbaje lmana mu majwi meza kandi y’umwimerere.

Mu bigaragara ku mpande zombi amachorale yose wabonaga ko anyotewe no kongera gutaramira abizera b’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi

Mu butumwa batanze iyi chorale bagize bati :”Mu mpano twahawe tuzavugira uhoraho kugeza ku iherezo”.

Pastor Innocent uyobora intara ya Bibare yongeye gushima byimazeyo ama chorale agihagaze mu murimo akoresha amagambo aboneka mu gitabo cy’abanyakorinto 2:14-17

Jubilant singer iyi ni imwe muri chorale benshi bazi aho izwi mu ndirimbo nka Naome,….

Mu by’ukuri ibihe by’ihembura amashimwe yaranze icyi gitaramo ni menshi.

Ibendera.com twageze aho icyi gitaramo cyabereye maze chorale new Paradise badutangariza ikibari ku mutima aho ushinzwe itumanaho Micheli yabwiye IBENDERA.COM ko buzuwe n’umunezero mwinshi ubari ku mutima.

Agira ati:“Ati mu by’ukuri turanezerewe ntabwo twarituzi neza ko abantu bari banyotewe no kumva indirimbo mur’ubu buryo”.
Akomeza agira ati:” Uburyo abantu bitabiriye ndetse bakibuka no kubahiriza ingamba zo kwirinda covid-19 byadukoze ku mutima kandi abaje bose Imana ibahe umugisha”.

Asoza yibutsa ama chorale ko aricyo gihe cyiza cyo kwegera Imana kandi ashimira lmana yabashoboje gukora icyi gitaramo.

Naho President wa chorale new paradaise Alice yatangarije IBENDERA.com ko anezerewe cyane ndetse ashimira ubwitange bwa buri wese agira ati:” Ndashima Imana cyane twari tuzi ko ari ibihe bigoye ariko twasanze bimeze neza, turashima lmana mu buryo bushoboka”.

Alice yakomeje ashima cyane Amachorale yose yifatanyije nabo maze asoza asaba abaririmbyi kwibuka inshingano zabo zo kubwiriza ubutumwa bwiza bwa Yesu christo bukiza abantu.

Twabibutsa ko iyi korali ari korali ikunda kuririmba indirimbo zikundwa n’abantu benshi kubera ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristu buba buzirimo bigatuma abazumva bose bashira inyota y’ijambo ry’Imana.

                                                     BYUKUSENGE Theophile

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In