Tuesday, October 3, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Dore ibigwi by’umusore ugiye kurongora Bijoux uzwi muri filime “Bamenya” 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/16
in IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma yo kugerageza urukundo kenshi ariko ntibimuhire, Munezero Aline wamenyekanye nka Bijoux muri Filime ya Bamenya, ubu noneho byamenyekanye igihe n’amazina y’umusore ugiye kumurongora aho agiye kurongorwa n’umudiaspora Lionel Sentore

Umuhanzi Lionel Sentore usanzwe atuye ku Mugabane w’u Burayi niwe musore wamaze kwegukana umutima w’uyu mukobwa akaba agiye kumurongora.

IZINDI NKURU WASOMA

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

Nk’uko integuza y’ubukwe bwe ibigaragaza, ubukwe bwa Bijoux na Sentore buteganyijwe tariki 8 Mutarama 2022.

Nta makuru menshi yatangajwe ku bukwe bwabo cyane ko ngo ubutumire buzasohoka mu minsi iri imbere, gusa ikizwi nuko uyu musore Lionel asanzwe ari umuhanzi ndetse akaba yibera ku mugabane w’i Burayi ari naho akorera umuziki we.

Munezero Aline wamenyekanye nka Bijoux agiye kurongorwa n’umuhanzi Lionel Sentore

Bijoux ni umwe mu bakobwa beza ndetse ufite ikimero cyiza gusa ntabwo yagiye ahirwa mu rukundo kuko mu minsi yashize nibwo yaje kuvugwa mu rukundo ndetse akaza no kwambikwa impeta ariko biza kudakomeza kuko muri Kanama 2020 nibwo Bijoux yari yambitswe impeta n’umusore witwa Abijuru Benjamin biteguraga kurushingana, gusa biza kurangira bidakunze ko babana.

Bijoux yari yarambitswe impeta n’uyu musore witwa Abijuru Benjamin gusa muri 2020 yaje kumusubiza impeta ye

Uyu Lionel Sentore yatangiye kuvugwa mu nkuru z’urukundo na Bijoux nyuma y’uko nawe yari amaze kunaniranwa na Mahoro Anesie yari yarambitse impeta.

Mahoro wambitswe impeta na Sentore yamenyakanye ubwo yiyamamarizaga muri Miss Rwanda mu 2014.

Ni impeta uyu musore yambikiye umukunzi we mu Bubiligi muri Gashyantare 2020, icyakora kuva icyo gihe nta yandi makuru y’urukundo rwabo yongeye kuvugwa. Bikaba birangiye rero agiye kwibanira na Bijoux.

Uyu Bijoux ni wa mukobwa ukina muri filimi zitandukanye za hano mu Rwanda by’umwihariko akaba ari kugaragara cyane muri filime ya Bamenya aho akina ari mushiki wa Kanimba agakunda kugaragara akina na Bamenya ndetse na Kecapu.

Lionel SENTORE ni umuhanzi umenyerewe mu ndirimbo gakondo aho yamenyekanye mu ndirimbo nka:”UWANGABIYE” n’izindi,……

Kanda hano urebe indirimbo Uwangabiye ya Lionel:

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
HOME

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

September 2, 2023
1.5k
HOME

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

August 21, 2023
1.5k
HOME

Mu Rwanda hadutse umuhanzi mushya uri kwitwara neza witwa ESPE IRADUKUNDA

August 20, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In