Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Dore ibigwi by’umusore ugiye kurongora Bijoux uzwi muri filime “Bamenya” 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/16
in IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma yo kugerageza urukundo kenshi ariko ntibimuhire, Munezero Aline wamenyekanye nka Bijoux muri Filime ya Bamenya, ubu noneho byamenyekanye igihe n’amazina y’umusore ugiye kumurongora aho agiye kurongorwa n’umudiaspora Lionel Sentore

Umuhanzi Lionel Sentore usanzwe atuye ku Mugabane w’u Burayi niwe musore wamaze kwegukana umutima w’uyu mukobwa akaba agiye kumurongora.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Nk’uko integuza y’ubukwe bwe ibigaragaza, ubukwe bwa Bijoux na Sentore buteganyijwe tariki 8 Mutarama 2022.

Nta makuru menshi yatangajwe ku bukwe bwabo cyane ko ngo ubutumire buzasohoka mu minsi iri imbere, gusa ikizwi nuko uyu musore Lionel asanzwe ari umuhanzi ndetse akaba yibera ku mugabane w’i Burayi ari naho akorera umuziki we.

Munezero Aline wamenyekanye nka Bijoux agiye kurongorwa n’umuhanzi Lionel Sentore

Bijoux ni umwe mu bakobwa beza ndetse ufite ikimero cyiza gusa ntabwo yagiye ahirwa mu rukundo kuko mu minsi yashize nibwo yaje kuvugwa mu rukundo ndetse akaza no kwambikwa impeta ariko biza kudakomeza kuko muri Kanama 2020 nibwo Bijoux yari yambitswe impeta n’umusore witwa Abijuru Benjamin biteguraga kurushingana, gusa biza kurangira bidakunze ko babana.

Bijoux yari yarambitswe impeta n’uyu musore witwa Abijuru Benjamin gusa muri 2020 yaje kumusubiza impeta ye

Uyu Lionel Sentore yatangiye kuvugwa mu nkuru z’urukundo na Bijoux nyuma y’uko nawe yari amaze kunaniranwa na Mahoro Anesie yari yarambitse impeta.

Mahoro wambitswe impeta na Sentore yamenyakanye ubwo yiyamamarizaga muri Miss Rwanda mu 2014.

Ni impeta uyu musore yambikiye umukunzi we mu Bubiligi muri Gashyantare 2020, icyakora kuva icyo gihe nta yandi makuru y’urukundo rwabo yongeye kuvugwa. Bikaba birangiye rero agiye kwibanira na Bijoux.

Uyu Bijoux ni wa mukobwa ukina muri filimi zitandukanye za hano mu Rwanda by’umwihariko akaba ari kugaragara cyane muri filime ya Bamenya aho akina ari mushiki wa Kanimba agakunda kugaragara akina na Bamenya ndetse na Kecapu.

Lionel SENTORE ni umuhanzi umenyerewe mu ndirimbo gakondo aho yamenyekanye mu ndirimbo nka:”UWANGABIYE” n’izindi,……

Kanda hano urebe indirimbo Uwangabiye ya Lionel:

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In