Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Dore Impamvu Perezida wa Zimbabwe yangiwe kujya gutabariza umwamikazi Elizabeth II

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/17
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umwami Charles III yanze icyifuzo cya Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, cyo kwitabira umuhango wo gutabariza umwamikazi Elizabeth wa II avuga ko ngo igihugu cye kivugwaho ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu

Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa ni umwe mu bakuru b’ibihugu bari basabye kwitabira Umuhango wo gutabariza umwamikazi Elisabeth wa ll gusa akaba yahakaniwe.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Urubuga rwa legit.ng dukesha iyi nkuru ruvuga ko mu ijambo rye Umwami Charles III, yavuze ko ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu mu gihugu Mnangagwa ayobora ritamwemerera kwitabira uyu muhango.

Icyifuzo cya Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa cyo kwitabira umuhango wo gushyingura umwamikazi Elizabeth wa II kikaba cyanzwe n’Umwami Charles III. Nk’uko kandi ikinyamakuru The Punch kibitangaza ngo Perezida wa Zimbabwe yari yabanje gusaba kwitabira umuhango wo gutabariza umwamikazi mu ibaruwa y’akababaro yandikiye Umwami Charles III ariko bikaba byarangiye ahakaniwe kuko atashyizwe ku rutonde rw’abatumirwa ku isi batumiwe muri uwo muhango.

Miss Jannie Vine ari nawe wasubije mu izina ry’Umwami Charles III yavuze ko icyifuzo cya Perezida wa Zimbabwe cyanzwe kubera raporo y’ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu mu gihugu cye.

Iri tangazo rigira riti: “Nyiricyubahiro Umwami Charles III, yansabye kubamenyesha ko icyifuzo cya Perezida Mnangagwa kidashobora gutangwa kuko kinyuranyije n’ibibujijwe, harimo n’ingendo Ubwongereza bwashyizeho kuri benshi. ubuyobozi bwa guverinoma ya Zimbabwe n’abafitanye isano nayo. Hari kandi impungenge kuri raporo zemejwe ko zitubahiriza uburenganzira bwa muntu zibera muri Zimbabwe.

Gutabariza umwamikazi Elisabeth wa ll  biteganyijwe kur’uyu wa mbere tariki ya 19 Nzeri 2022 aho biteganyijwe ko bizabera mu ngoro ya Buckingham mu gihugu cy’ Ubwongereza.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In