Dore amafoto agaragaza uko bamwe mu Baperezida b’ibihugu na za Guvernement bakiriwe ubwo bitabiraga umuhango w’irahira rya Perezida mushya wa Kenya ariwe William Ruto.  Â
Kur’uyu wa 13 Nzeri 2022 mu gihugu cya Kenya Perezida mushya wa Kenya William Ruto ararahirira kuyobora Kenya.
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye uyu muhango.
1.Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania
2.Perezida Evariste NDAYISHIMIYE w’u Burundi
3.Perezida Kaguta Museveni wa Uganda
4.Perezida Paul Kagame w’u Rwanda
5.Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Amajyepfo
6.Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed wa Ethiopie
Aba akaba ari bamwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye irahira rya Perezida Mushya wa Kenya watowe ariwe William Ruto akaba agiye kuba Perezida wa 5 w’icyi gihugu akaba asimbuye Kenyatta.


Â
Â
Â
Â