Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Dr Frank HABINEZA arasaba leta y’u RWANDA kuganira n’abatavuga rumwe nayo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/05
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

 Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda akaba n’umuyobozi w’Ishyaka rihananira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGP) mu Rwanda Hon Dr Frank HABINEZA arasaba ko leta y’u RWANDA kuganira n’abarwanya ubutegetsi mu rwego rwo kubaka umutekano urambye.

Ni Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kur’uyu wa 5 Kanama 2022 i Kigali mu Rwanda aho Hon Dr HABINEZA avuga ko ibi biramutse bitabayeho nta mutekano urambye abantu bakwizera.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Ni ibintu asobanura neza agira ati:” Turasaba ko habaho gahunda yo kuganira n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uretse abakoze Jenoside kuko abo bo ibyabo bigira uko bigenda”.

Asobanura ko hakwiriye gushyirwaho ikigo gishingiye kuri leta ariko kikaba gishinzwe kuganira n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi aho avuga ko leta ariyo yafata iya mbere muri ibi biganiro.

Dr Frank HABINEZA avuga ko ibi biganiro byazajya bibera mu bindi bihugu nko mu Bwongereza n’ahandi, akizeza ko mu gihe byaba bibaye abanyarwanda n’abaturarwanda bakwizera umutekano urambye.

Dr Frank HABINEZA kandi yanenze abagifite imyumvire itari myiza ya Politike aho yavuze ko hari aho bagiye gukorera inama mu Ntara y’iburasirazuba bakabima salle bari gukoreramo inama nyamara bari bayishyuye ndetse banayemerewe mbere ariko bakayiha irindi Shyaka.

Dr HABINEZA  kandi yanenze imyitwarire y’umuyobozi w’Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere mu Rwanda  Dr Usta KAYITESI uherutse kuvuga ko mu Rwanda nta mashyaka ya oposition ahaba.

Aha Dr HABINEZA avugga ko uyu muyobozi wa RGB yakwegura kuko ngo kuri we abona ko akazi kamunaniye niba abona ko nta mashyaka ya oposition aba mu Rwanda ibi ngo akaba yarabitangarije mu nama iheruka kubera i Kigali.

Ni ikiganiro cyagarutse kandi kuri bimwe mu byagezweho bari bihaye nk’Ishyaka muri manifesto yabo ubwo biyamamarizaga kujya mu nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite, mu mwaka wa 2018, Dr. Habineza yavuze ko bagishyigikiye ko Leta iganira n’abayirwanya nk’uko babisabaga icyo gihe akanashima ibyamaze gukorwa birimo nko kongera imishahara y’abarimu n’ibindi,….

Hon Dr Frank HABINEZA umuyobozi w’ishyaka rya Democratic Green Party of Rwanda

KURIKIRA IKIGANIRO CYOSE MU BURYO BWA VIDEO WUMVE ICYATEYE Hon Dr Frank HABINEZA KURAKARIRA Dr Usta KAYITESI:

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In