Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Dr Frank HABINEZA arasaba leta y’u RWANDA kuganira n’abatavuga rumwe nayo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/05
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

 Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda akaba n’umuyobozi w’Ishyaka rihananira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGP) mu Rwanda Hon Dr Frank HABINEZA arasaba ko leta y’u RWANDA kuganira n’abarwanya ubutegetsi mu rwego rwo kubaka umutekano urambye.

Ni Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kur’uyu wa 5 Kanama 2022 i Kigali mu Rwanda aho Hon Dr HABINEZA avuga ko ibi biramutse bitabayeho nta mutekano urambye abantu bakwizera.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Ni ibintu asobanura neza agira ati:” Turasaba ko habaho gahunda yo kuganira n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uretse abakoze Jenoside kuko abo bo ibyabo bigira uko bigenda”.

Asobanura ko hakwiriye gushyirwaho ikigo gishingiye kuri leta ariko kikaba gishinzwe kuganira n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi aho avuga ko leta ariyo yafata iya mbere muri ibi biganiro.

Dr Frank HABINEZA avuga ko ibi biganiro byazajya bibera mu bindi bihugu nko mu Bwongereza n’ahandi, akizeza ko mu gihe byaba bibaye abanyarwanda n’abaturarwanda bakwizera umutekano urambye.

Dr Frank HABINEZA kandi yanenze abagifite imyumvire itari myiza ya Politike aho yavuze ko hari aho bagiye gukorera inama mu Ntara y’iburasirazuba bakabima salle bari gukoreramo inama nyamara bari bayishyuye ndetse banayemerewe mbere ariko bakayiha irindi Shyaka.

Dr HABINEZA  kandi yanenze imyitwarire y’umuyobozi w’Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere mu Rwanda  Dr Usta KAYITESI uherutse kuvuga ko mu Rwanda nta mashyaka ya oposition ahaba.

Aha Dr HABINEZA avugga ko uyu muyobozi wa RGB yakwegura kuko ngo kuri we abona ko akazi kamunaniye niba abona ko nta mashyaka ya oposition aba mu Rwanda ibi ngo akaba yarabitangarije mu nama iheruka kubera i Kigali.

Ni ikiganiro cyagarutse kandi kuri bimwe mu byagezweho bari bihaye nk’Ishyaka muri manifesto yabo ubwo biyamamarizaga kujya mu nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite, mu mwaka wa 2018, Dr. Habineza yavuze ko bagishyigikiye ko Leta iganira n’abayirwanya nk’uko babisabaga icyo gihe akanashima ibyamaze gukorwa birimo nko kongera imishahara y’abarimu n’ibindi,….

Hon Dr Frank HABINEZA umuyobozi w’ishyaka rya Democratic Green Party of Rwanda

KURIKIRA IKIGANIRO CYOSE MU BURYO BWA VIDEO WUMVE ICYATEYE Hon Dr Frank HABINEZA KURAKARIRA Dr Usta KAYITESI:

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In