Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’intebe Dr Edouard NGIRENTE avuga ko mu izina nya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul KAGAME, Dr Sabin NSANZIMANA abaye ahagaritswe ku buyobozi bukuru bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda RBC kubera ibyo agomba kubazwa.
Iri tangazo riri mu ndimi 2 nukuvuga ikinyarwanda n’icyongereza ntirisobanura neza icyo yaba yazize gusa rivugwa ko none kuwa 7/12/2021 Dr Sabin NSANZIMANA abaye ahagaritswe.
Ni itangazo ryanditswe mu izina rya Perezida wa Repubulika ryashyizweho umukono na Dr Edouard NGIRENTE Ministre w’intebe.
