Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Gasabo-Remera: Indaya yataye umwana mu nzira ikizwa n’amaguru none nayo itawe muri yombi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/13
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu masaha yo kur’uyu wa gatatu tariki ya 13 Nyakanga 2022 saa Cyenda zishyira saa kumi z’umugoroba nibwo indaya yatawe muri yombi nyuma yo guta umwana munsi y’igiti ahazwi nko kuri 12 ikigarukira mu migina aho isanzwe iba.

Bivugwa ko iyi ndaya yataye uyu mwana munsi y’igiti cya Avocat ahanzwi nko kuri 12 yarangiza ikigarukira aho isanzwe iba mu migina.

IZINDI NKURU WASOMA

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Abakora akazi nk’ake batangaje ko ubwo yamaraga kumuta hari umukecuru wamutoraguye akaza akurikiye uwo mukobwa ariko akaza kutamenya neza aho anyuze kugeza ubwo yaje kurangisha abahisi n’abagenzi bikarangira uyu mwana hamenyekanye nyirawe ndetse bakaza kumumugarurira.

Ibi bikimara kuba uyu mukobwa ukora uburaya yahise atabwa muri yombi aho yatwawe n’imodoka ishimwe irondo n’isuku yo ku Murenge wa Remera.

Twagerageje kuvugana n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Remera RUGABIRWA DEO ariko ntibyadushobokera kuko ubwo twamuhamagaye ntiyatwitabye ahubwo yadusabye kumuha ubutumwa bugufi tukamubwira icyo tumushakira, tukaba twabikoze ariko kugeza ubwo twamaraga gutunganya iyi nkuru na nubu nta gisubizo cye turahabwa.

Yaba abaturanyi b’uyu wataye umwana ndetse n’abandi bamenye itabwa ry’uyu mwana bagaye icyi gikorwa aho bavuze ko uyu mukobwa ibyo yakoze ari ibyo kwamaganirwa kure dore ko ngo ibi yanabikoze atasinze.

Ahazwi nko mu migina aho iyi ndaya yasanzwe igatabwa muri yombi

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In