Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Gasabo: Yagiye gukiza bamuzimanira kumuruma ugutwi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/31
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nsanzumuhire Philemon ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Bugarama, Akagari k’Agateko mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo, yaciwe ugutwi n’umuturage ubwo yajyaga gukemura ikibazo cy’umuturage wari warambuwe.

Ibi byabaye ku wa 29 Mutarama 2021 mu masaha ya saa kumi z’umugoroba ubwo uyu mugabo wakoze aya mahano yashyamiranaga na mugenzi we bapfa y’uko yamwambuye amafaranga y’imbuto asanzwe acuruza.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Amakuru avuga ko uyu muyobozi ushinzwe umutekano yamenye ikibazo cy’uko hari abantu babiri bafitanye ikibazo maze we na mugenzi we basanzwe bakorana akazi k’umutekano bagiye gukiza, niko kuza gucibwa ugutwi. Gitifu w’Akagari k’Agateko, Mugabo Andre, yavuze ko uyu ushinzwe umutekano yarumwe ugutwi ubwo yari agiye gukiza umuturage wahohotewe. Ati “Umuturage w’umubyeyi yagiranye ikibazo n’umuturage, cy’ibyo baguze birimo imineke na Avoka,noneho yitabaza ushinzwe umutekano ngo aze kubakiranura.Ajyayo ari kumwe n’undi mugenzi we bakorana.Uwo muntu yari asanzwe akekwaho ubusambo n’igihazi.Agiyeyo, amubwira ngo aze amwereke mu nzu, atandukana na wa mugenzi we bari kumwe.Ahita amukingirana nibwo yatangiye kumuhohotera amukubita,amuruma n’ugutwi.”

Uyu muyobozi yasabye abaturage gutangira amakuru ku gihe kugira ngo birinde ibibazo bishobora kuvamo imirwano n’andi makimbirane.

Ati “Icyo dusaba abaturage cyane ni ugutangira amakuru ku gihe abantu nk’abo ngabo bafite ibibazo by’ubusambo cyangwa bafite imyitwarire itari myiza, iyo batanze amakuru hari ukuntu bigishwa, cyangwa bakaganirizwa, byaba n’amakosa akorwa atemewe n’amategeko bakaba bakurikiranwa, ikindi ni ugusaba abaturage kudashyamirana kuko uko gushyamirana niko kuzana ibibazo byose, bakoroherana haba hari ugize ikibazo akiyambaza ubuyobozi.”

Amakuru avuga ko ushinzwe umutekano yabanje kujyanwa ku kigo nderabuzima kibegereye ariko akaza kujyanwa ku bitaro bya Kibagabaga kugira ngo yitabweho n’abaganga. Ni mu gihe uwahohoteye we yahise atoroka akaba agishakishwa n’inzego zishinzwe umutekano.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In