Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

HAMENYEKANYE IBANGA MUHETO NSHUTI DIVINE YAKORESHEJE AKABA MISS RWANDA 2022

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/20
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Benshi bahamya ko Muheto yegukanya ikamba rya Miss Rwanda 2022 kubera ikibazo yasubije ku munota wa Nyuma akagisubiza mu Kinyarwana agira ati umukobwa mwiza ni ugira ubupfura abantu bamuha amashyi ari nabyo byamuzamuriye amahirwe

Ni mu birori byabereye ku Intare Conference Arena i Rusororo mu karere ka Gasabo kur’uyu wa Gatandatu tariki ya 19/3/2022 Saa mbiri zirengaho iminota mike nibwo Martina Aber ana Sam Kalisa batangije icyi gikorwa.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Abakobwa bose uko ari 19 babanje kuramutsa abari bitabiriye ibi biroli nyuma hatoranywa abakobwa 11 bakomeza, abandi urugendo rwabo rurangirira aho.

Akanama nkemurampaka kari kagizwe na Fidele Irizabimbuto, Mutesi Jolly, Anne Marie Niwemwiza, James Munyaneza, Malick Shaffy na Mathew Mensah aba akaba aribo bashyize iherezo ku gikorwa cyo gutoranya Nyampinga w’u Rwanda 2022.

Byari biteganyijwe ko hakomeza abakobwa 10 ariko batoranywa ariko kubera ko abakobwa babiri banganyije amanota byabaye ngombwa ko hazamuka 11.

Aba 11 bose bamaze gusubiza akanama nkempurampaka kajya mu mwiherero nyuma bagarutse hatangazwa abakobwa batanu bavamo Nyampinga w’u Rwanda ari bo Kayumba Darina, Muheto Nshuti Divine na Keza Maolithia.

Aba baje kubazwa ikibazo kimwe kimwe ubundi akanama nkempurampaka kajya kwanzura usimbura Ingabire Grace aribyo byaje kurangira Muheto atwaye ikamba ahigika abakobwa bari bari kumwe bose.

Miss Muheto yahembwe imodoka nshya yo mu bwoko bwa Hyundai yatanzwe na Hyundai Rwanda akazajya anahembwa buri kwezi umushahara wa 800 000 Frw mu mwaka wose azamarana ikamba, n’ibindi bihembo bitandukanye.

Muheto NSHUTI Divine ni mwene Muheto Francis uyobora Polisi mu Majyaruguru Yasoje amashuri yisumbuye muri Fawe Girls Gahini i Kayonza mu ishami ry’Imibare, Ubukungu n’Ubumenyi bw’Isi (MEG).

Dore abandi bahawe ibihembo mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2022.

Bahari Ruth Yagaraje ubumenyi mu byerekeye mu buzima bw’imyororokere

Uwimana Marlene yahize abandi muri siporo

Ndahiro Mugabekazi Queen Miss Photogenic

Saro Amanda ni Miss Talent

Muheto Nshuti Divine ni Miss Popularity

Ruzindana Kelia ni Miss Hertage

Uwimana Jeanette Miss Innovation

Igisonga cya kabiri ni Kayumba Darina

Igisonga cya mbere ni Keza Maolitha

Miss Rwanda 2022 ni Muheto Nshuti Divine

AHA MISS MUHETO YAFATAGA AMAFOTO N’ABANTU BATANDUKANYE
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In