Wednesday, May 31, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Hashyizweho itegeko rishya rigenga amakoperative

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/25
in HOME, AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umubare mwinshi usabwa kugira ngo koperative ishingwe hakiyongraho imisanzu ihanitse basabwa kugirango binjire mu zindi ziba zarashinzwe ni zimwe mu mbogamizi zibangamira iterambere ry,amakoperative

Usibye ku giti cyabo, kuruhande rwabazishinze zigakomera bagaragaza ko naho batuye hari impinduka bari kuhazana mu kuzamura imibereho myiza y’abaturanyi babo,rumwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Nyanza Isango Star yasuye, bakora ibinjyanye n’ubuhinzi n’ubworozi.

Umwe yagize ati”dufite amatungo arabyara,turateganya ko aya matungo usibye no kuba meza kuri twe agiye no kuba meza ku rwego rw’umurenge kuko abaturage bari hano badukikije bazabona amatungo ku giciro cyiza,amatungo meza ya kijyambere, ingurube za kijyambere kandi natwe bizadufasha kubona amafaranga akomeza kudufasha kwiteza imbere nk’urubyiruko rwa gahunga “.

Usibye no kuba ubwabo bashobora kwishakamo ibisubizo cyangwa bakishyirahamwe bashinga koperative, ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bunagaragaza ko hari ingabo mu bitugu batera urubyiruko rushaka kugira icyo rugeraho binyuze mu gushinga koperative.

Nkusi Christophe umuyobozi w’akarere ka Ngororero yagize ati”tubafasha kwiga imishinga yabo itandukanye kuko abakozi turabafite babikurikirana urubyiruko rero icyo turukorera ni ukureba imishinga rukora niba izatanga inyungu hanyuma no gushyira mu bikorwa ya mishinga tukabakorera kubakurikirana kugirango turebe ko ya mishinga mu byukuri iri gushyirwa mu bikorwa neza nkuko iba yateguwe cyangwa iba yatekerejwe“..

Umuryango w’abibumbye ugaragaza ko imikorere inoze ya makoperative cyane mu bihugu biri munzira y’iterambere agira uruhare rukomeye mu kuzamura ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage, ibi byunganira n’igihugu mu iterambere ryacyo.

U Rwanda kimwe mu bihugu bifite umubare munini w’ urubyiruko, rwashyizeho itegeko rishya rigenga ama koperative, iri ngo ikigamijwe ni ukorohereza urubyiruko no kubafasha kuzamuka mu gihe bifuje kwihuriza hamwe muri koperative nkuko bigarukwaho n’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative.

Prof. Jean Bosco Harerimana yagize ati”itegeko rishya rya makoperative riraha amahirwe adasanzwe urubyiruko aho mu gihe abandi byasabaga ko icumi iyo bishyize hamwe aribwo bakora koperative ,urubyiruko rwo iyo ari batanu bakora koperative icyo ni kimwe mu gikomeye,icya kabiri koperative y’urubyiruko tucyandika twihutira guhita tuyiha amahugurwa ashingiye ku miyoborere, imicungire ya koperative ariko tukabaha n’arenzeho ashingiye ku byo bifushe gukora “.

Kugeza ubu umubare w’ama koperative abarirwa mu Rwanda agizwe n’urubyiruko abarizwa ku mpuzandego ya 9%, umubare ubuyobozi bwi kigo gishinzwe guteza imbere amakoperative uvuga bifuza ko urushaho kuzamuka, bashigiye ku mahirwe ahabwa urubyiruko.

Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

Related Posts

HOME

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023
1.5k
HOME

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023

Kigali: Dasso yafunzwe akurikiranweho icyaha cya ruswa

May 23, 2023

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi agiye kurongora umukobwa wahoze ayobora Radio ikomeye mu Rwanda

May 22, 2023

Kwibuka 29: ADEPR Kabeza bibutse abakirisitu bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

May 21, 2023

Umugore yakoze igisa n’ubukunguzi mu biroli byo kumenya uko azaba ameze ari gushyingurwa napfa

May 18, 2023

Mu bitaro bya Kabgayi, Ibihombo biravuza ubuhuha

May 18, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In