Nyuma y’uko Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid utegura Miss Rwanda atawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ubu hasohotse amajwi arimo gusaba Miss Muheto ibyishimo.
Mur’iyi nkuru dukesha igihe uraza kumvamo amajwi y’abantu babiri bikekwa ko ari Prince Kid utegura Miss Rwanda mu kiganiro kiganisha kugusabwa ibyishimo kuri Miss Muheto.
Kurikira iri jwi dukesha igihe:
yokoyo miss Rwanda weeee!!!! burya Koko ujya kuvuga ABA atarabona Kbx. but ndashima cyane Miss Muheto wateze umutego isiha ikawugwamo… ububabana babanyarwanda bari kuzapfa gutyo paka. mbonereho no kugaya abahishiriye icyibi bacyireba, Bose babibazwe syiiii.