Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

I Gisenyi hazaca uwambaye mu gitaramo Chorali Bethel yatumiyemo Bethlehem n’umuvugabutumwa Inzahuke Theogene.

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/20
in HOME, IYOBOKAMANA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Chorale Bethel yo mu itorero rya ADEPR Ururembo rwa Rubavu, muri Paruwase ya Gisenyi ku itorero rya ADEPR BETHEL,yateguye igiterane cyimbaturamugabo kizamara
iminsi 2 kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 no ku cyumweru kuri 22 z’uku kwezi ka gatanu.

Avugana n’Itangazamakuru, President wa Chorale Bethel Bwana Akilimali Placide yavuze ko bateguye igiterane mu rwego rwo gushima Imana no kwongera kubyutsa abantu basinziriye.
Yagize ati” Igiterane cyacu kizamara iminsi 2 kandi intego yacyo iri mu Abefeso 5:14 hagira hati 《Yewe usinziriye we, kanguka uzuke Kristo abone uko akumurikira》yakomeje avuga ko batumiye Chorali Bethlehem nka Chorali y’imbaraga bafitanye amateka akomeye mu ivugabutumwa i Gisenyi no mu Rwanda hose.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Mu bandi batumiwe mur’icyi giterane harimo Chorali Les messagers,Chorali Urukundo na Chorali Tumaini zo kuri Bethel.

Abajijwe Impamvu batekereje gutumira Past Theogene uzwi nk’inzahuke wari warazahariye mu bu mayibobo,yagize ati “Past Theogene kuva cyera n’inshuti yacu ikomeye kandi ubutumwa bwe buba burimo ubuhamya bukomeza benshi”.

Iyi Chorali ifite amateka y’ibigwi mu ivugabutumwa, igizwe n’abaririmbyi b’ingeri zitandukanye usangamo abakuze ndetse n’urubyiruko.


Chorali Bethel yamenyekanye cyane mu ndirimbo zitandukanye zirimo: Mama Mana, Ndabona, Intambara zizashira, Umugwaneza,Igituma ndirimba,Yashimangiye,Ntabwo asanzwe n’izindi nyinshi.
Tuzakomeza kubakurikiranira ibihe byiza by’ibi bitaramo byateguwe na Chorali Bethel.

Clement BAGEMAHE

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In