Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ifoto ya Papa Francis avuye gufatisha indirimbo zo kumva ikomeje kuvugwaho byinshi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/18
in AMAKURU, IYOBOKAMANA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umunyamakuru ukomoka muri Espagne ariko utuye i Roma yafotoye Papa Francis amutunguye amufotora asohotse muri Studio  y’umwe mu nshuti ze iri i Roma aho bivugwa ko Intego ya Papa yari iyo kujya kugura indirimbo .

Ntibigaragazwa neza niba izi ndirimbo bazimushyiriye kuri flash cyangwa kuri CD gusa ikizwi nuko Ifoto ye ikimara gushyirwa ahabona, Papa Francis yatunguwe agashima umunyamakuru wamucunze atabizi akamufotora ifoto nziza.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Papa yaboneyeho gusaba n’abandi banyamakuru kuzamura urwego rwabo mu kazi, bakagakora neza batitaye ku ngingo y’uko hari abashobora kutishimira umusaruro w’ibyo abanyamakuru bakora utanga cyane cyane iyo bitari mu nyungu zabo.

Papa Francis ni umwe mu Bashumba ba Kiliziya gatulika batajya bigora ngo bumve ko ari ibikomerezwa ahubwo bagahitamo kwicisha bugufi.

Ikimenyimenyi ni nk’igihe yigeze kubwira ibyegera bye ko ahora yifuza kongera kubaho nk’uko byari bimeze mbere kuko ngo muri kiriya gihe yarishyiraga akizana, akajya kugura umugati kwa runaka ntacyo yikanga mu gihe ubu ngo avuga ko bitamworohera kuba yagira aho atarabukira kuko aba yikaba amaso y’abanyamakuru.

N’ubwo ari uko bimeze ariko aherutse gusaba abashinzwe kumwitaho kureba uburyo bazategura urugendo mu ibanga akajya kugura umuziki kuri umwe mu nshuti ze zifite inzu itunganya umuziki.

Abo mu Biro bye barahihibikanye ariko mu ibanga, bategura urugendo rwa Nyirubutungane ku nshuti ye yitwa Letizia Giostra.

Intego ya Papa yari iyo kujya kugura ziriya ndirimbo akaboneraho no kuganira niyo nshuti ye.

Ubwo Papa n’abakozi be bateguraga ruriya rugendo mu ibanga rikomeye, ku rundi ruhande hari umunyamakuru ufite icyuma gifotora gifite ibisabwa byose kandi nawe yari yiteguye gufotora ikintu icyo ari cyo cyose abona ko kibikwiye. Taliki 11, Mutarama, 2022 ubwo Papa yasohokaga muri studio y’uriya mugore, umunyamakuru witwa

Javier Martínez Brocal yamuteye imboni, ahita akanda buto(button) aba aramufotoye, ibyari byateguwe mu ibanga bijya ku karubanda gutyo.

Bidatinze yayishyize ku mbunga nkoranyambaga maze ihita ikwirakwira hose.

Papa Francis yamugezeho ayitegereje asanga ni nziza, ifotoranye ubuhanga kuko yamwerekanaga ari gusohoka muri iriya studio kandi amazina yayo agaragara neza.

Aho kugira ngo abyamagane, Papa Francis yashimye ubutwari bw’uriya munyamakuru ndetse ashishikariza n’abandi gukora nkawe , bakajya bahora biteguye gukora akazi kabo n’ubwo hari abo katashimisha kuko kaba katari mu nyungu zabo.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In