Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Iyi si yuzuyemo ibigoryi byinshi-Igisubizo cya Past Antoine RUTAYISIRE cyakurugutuye abamubaza ku bya Bijoux

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/21
in IMYIDAGADURO
0
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Pasteur Antoine Rutayisire wasezeranyije Bijoux na Lionel yavuze ko abamubaza impamvu yabashyingiye kandi bataraciye imbere y’amategeko ibyo bifite abashinzwe kubigenzura batari we

Nyuma y’uko bikomeje kwibazwa na benshi Past Antoine RUTAYISIRE yamaze impaka abamwibazagaho bibaza impamvu yasezeranyije Bijoux na Lionel kandi mu Murenge batarabasezeranyije.

Aha Antoine RUTAYISIRE yavuze ko kuba yarasezeranyije Munezero Aline wamamaye nka Bijoux na Sentore Lionel bataraciye ku murenge bitamureba.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Ni mu gihe muri iyi minsi hari kuvugwa gutandukana kw’aba bombi ndetse bakaba banashinjwa gusezerana imbere y’Imana batarasezeranye imbere y’amategeko.

Mu kiganiro Pastor Rutayisire wasezeranyije aba bombi yagiranye na  URUGENDO ONLINE TV, yavuze ko atazi ibya Bijoux na Sentore basezeranye imbere y’Imana bataragiye imbere y’amategeko.

Ati:”Ibyo ntago njyewe mbizi ariko nubwo mubimbwiye nyuma y’igihe cyararenze ngiye kubishakisha ndebe koko ko ari ukuri”.

Paster Rutayisire abajijwe ku byo kuba yarasezeranyije abantu batasezeranye imbere y’amategeko, yavuze ko ibyo atari ibintu yagakwiye kumenya, kubera ko mu idini ryabo atari we ushinzwe kureba no kugenzura ibyo byangombwa.

Abajijwe ku byo gutandukana kwa Munezero Aline na Sentore Lionel, yagize ati: “Iyi si yuzuyemo ibigoryi byinshi, rero icyo ntagitangaza kirimo kuko hari n’abo nigeze gusezeranya bataha kimisagara, ariko njya gukiza urubanza rwabo bataranagera mu rugo batandukana ubwo.”

Pastor Rutayisire kandi avuga ko kuba Bijoux agiye gukora ubukwe bwa kabiri, nabyo nta gitangaza kibirimo.

Bijoux na Lionel bakaba barasezeranye kuwa Gatandatu tariki 8 Mutarama 2022, mu biroli byabanjirijwe no gusaba no gukwa mu muhango wabereye kuri Golden Garden ku i Rebero bagasezeranira mu itorero rya Anglican mu Giporoso bagasezeranywa na Past Antoine Rutayisire.

Past ANTOINE RUTAYISIRE

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In