Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ikibazo cy’ibiraro bishaje cyabijije icyuya Minisitiri w’ibikorwa remezo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/20
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko hari ibiraro byubatswe kera bitakijyanye n’igihe, bityo ibigera kuri 400 biri hirya no hino mu gihugu bikaba bikeneye kubakwa neza.

Ikibazo cy’ibiraro ni kimwe mu byo Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Nsabimana Erneste yasabwe gutangaho ibisobanuro kuri uyu wa 18 Ukwakira ubwo yitabaga abagize Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite.

Abadepite bavuze ko mu ngendo bakoreye mu turere muri Werurwe uyu mwaka basanze hari imihanda myinshi irimo n’iya kaburimbo ifite ibiraro bikeneye kwitabwaho mu maguru mashya.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Minisitiri Dr Nsabimana yavuze ko hari ibiraro byinshi byubatswe mu myaka myinshi ishize kandi ko imodoka zakoreshwaga icyo gihe ntaho zihuriye n’iz’ubu mu buremere.

Ati “Ni ikibazo gikomeye. Hari amateme dufite amaze imyaka 30, 40 cyangwa 50. Icyo gihe bubaka ayo mateme ikamyo iremereye yabaga ipima toni esheshatu, ubu dufite amakamyo afite toni 26, ni yo akoresha utwo turaro dutoya, hari n’ibyo akandagiraho bigahita biturika.”

Yakomeje ati:“Aho tumariye gukora ibarura, twabonye ibigera kuri 400 bikenewe gukorwa mu buryo bwihutirwa kuko ntibyagiye byubakwa bijyanye n’iterambere ryihuta. Ibyo biraro bishaje tumaze kubishyira hamwe turimo dushaka amafaranga.”

Yavuze ko u Rwanda ruzafatanya n’ibihugu bimenyereye ibyo kubaka ibiraro nk’u Buholandi n’u Bufaransa. Ati “Ibyo ntibibujije ko nka leta hari ibiraro tugomba kubaka. Ubona tugomba gushaka igisubizo cyihuta. Ni yo mpamvu dushaka kubaka byinshi icyarimwe kugira ngo tutazajya twubaka 10 hakangirika 10 tugasanga dufite ibindi 300 dushaka gukomeza gukora.”

Muri uwo mushinga Minisiteri y’ibikorwa remezo mu Rwanda ivuga ko izanafatanya n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe gusana imihanda.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In