Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Impaka ni zose ku gihano kizahabwa uwashyize hanze video ya President Salvakiir yinyariye

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/12/16
in HOME, AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umukuru w’igihugu cya Sudan y’Amajyepfo aherutse kugaragara mu ruhame yinyariye aho bvugwa ko byatewe n’uburwayi, abantu bakaba bakomeje kujya impaka ku gihano kizahabwa uwashyize iyi video hanze aho bamusabira guhanwa kubera ko ngo yasebeje umukuru w’Igihugu.

Bamwe twaganiriye bavuga ko gushyira ibintu nka biriya ku mugaragaro ari ugusebya umukuru w’igihugu n’abagituye bose.

Abandi bati niba uwashyize iriya video hanze ari umuturage wa kiriya gihugu yimennye inda kuko yasebeje umuyobozi we nawe atiretse.

Kayihura Emmanuel aganira na Ibendera.com yagize ati:” Umuntu washyize iriya video hanze ndamusabira kuko ibizamubaho ni isomo rikomeye, wowe ubaye ufite umubyeyi agakora ikintu nka kiriya wabishyira hanze cyangwa wamugirira akabanga? Gushyira iriya video hanze nugutamaza umukuru w’igihugu kandi twibuke ko buriya aba ari umubyeyi w’abagituye, uriya rero byanze bikunze azafungwa”.

Nyuma y’ibi bitekerezo by’abo twaganiriye bose bakaba bahuriza ku kuba uwashyize video hanze bwa mbere yahabwa igihano cyo kuba yaratamaje umukuru w’Igihugu.

Bamwe ntibatinya no kuvuga ko uyu wabikoze akwiriye kuba yafungwa.

Itegeko nshinga ryo muri Sudan y’Epfo ryo muri 2008 mu gika cya mbere Umutwe wa II riteganya ko umuntu wese ukoreye icyaha cyo gusebya, kwangisha cyangwa kwangiza abikoreye ku butaka bwa Sudan y’Amajyepfo yaba abishaka cyangwa atabishaka ahanishwa igihano cyo kugezwa mu nkiko akaba ashobora kubifungirwa cyangwa gucibwa amande.

Iyi video ya President Salva Kiir Mayardit ikaba yaragiye hanze kuwa 13/12/2022 ubwo aheruka kugaragara mu ruhame icyo gihe hatahwaga ku mugaragaro umwe mu mihanda mishya yo muri kiriya gihugu uhuza Umurwa mukuru Juba n’umujyi wa Terekeka ukaba ureshya n’ibirometero 96.

https://ibendera.com/wp-content/uploads/2022/12/320222165_834618871207314_4251755316101498641_n.mp4
Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In