Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Imyambarire ya NDIMBATI na bagenzi be iri kwibazwaho byinshi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/10/23
in IMYIDAGADURO
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Ni ukwerekana imideri cyangwa ni ubusazi? Iki ni kimwe mu bibazo biri kwibazwaho na benshi nyuma yo kubona imyambarire idasanzwe ya NDIMBATI

Kur’uyu wa gatandatu i Kigali habereye igitaramo cyiswe icyo kwerekana imideri cyahawe izina rya BIANCA FASHION, aho abakitabiriye bari bafite agahebuzo mu myambarire yabo aho twavuga nka UWIHOREYE JEAN BOSCO MUSTAFA wamenyekanye nka NDIMBATI.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Kugeza ubu urebeye mu mabofo abakitabiriye bari bambaye ku buryo budasanzwe aha akaba ari naho abantu banyuranye bakomeje kwibaza niba koko icyateguwe ari ukwerekana imideli cyangwa ari ubusazi.

Iyi ni inyandiko y’umwe mu baturage witwa Mushinzimana G. Fabien aho we n’abandi bantu banyuranye bibaza byinshi kur’iyi myambarire mu nyandiko igira iti:”

👇👇👇 Ndibariza #abanyamujyi, ibi ni ukwerekana #Imideri cg ni #Ubusazi???
Ubundi se kwerekana imideli bisobanuye iki, herekanwa iki, bigamije iki?
👉Umwenda utajyana mu #Kazi, mu #Bukwe, gusaba #Umugeni, #Gutembera, #Gusenga, #Guhinga cg #Kurarana baba bawerekana mo iki?
Cg nkomeze nibere #umuturage w’epfiriya mu rutoki?
Ibi mbona ari nk’iby’#indindagire 😎
Ibaze ukishyura amafranga yawe ukareba abantu bambaye nk’abasazi ubundi ukanezerwa, ubwo se wowe utaniye he na bo 😥😥😥
Ndabona bambaye na rya bara…#LGB….
Ni hano bituruka kdi ubu wasanga #Minister w’#Urubyiruko n’#muco yari yatumiwe cg hari uhagarariye #MyCulture agahabwa n’ijambo ati: ” Kwerekana imideli iwacu biragenda bitera imbere rwose twiteguye kubashyigikira”
N’ubwo nemera ko #Umuco ukura ariko ntibikwiye ko #Ico ryose turizana #Iwacu.
Ya raporo ivuga ko 20% by’abanyarwanda bafite ibibazo byo mu mutwe ni yo pe, ntangiye kuyemera.

Ni igitaramo gikomeje kwibazwaho byinshi. Kurikira amwe mu mafoto y’abantu bari bahari n’uburyo bari bambaye.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In