Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Inkomoko y’Ihirima ry’urukundo rwa Miss MWISENEZA Josiane mu ijambo 1

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/23
in IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Uwambitse impeta y’urukundo agasaba Miss MWISENEZA Josiane kumubera umugore ubu yamaze kuyambika undi intandaro yo gutandukana na Miss Josiane ngo ikaba ari ugutendeka

Nyuma y’umwaka n’amezi atatu umusore witwa Tuyishimire Christian asabye Miss Josiane ko yazamubera umugore agahita amwambika n’impeta ya fiancaille, kuri ubu uyu musore ari mu myiteguro yo gusezerana n’undi mukobwa ngo bamaranye imyaka isaga itanu mu rukundo.

Nubwo aba bombi twashatse kuvugana nabo ariko ntibidukundire bivugwa ko ngo ubwo uyu musore yambikaga impeta Miss MWISENEZA yaba yari yifitiye undi mukobwa bakundana, ibi rero ngo bikaba aribyo byaba byaraje no gutuma aba bombi badakomezanya mu rukundo.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

Ku ya 15 Kanama 2020 nibwo Christian yari yateye ivi yambika Miss Josiane impeta amusaba ko yazamubera umugore undi nawe abyemera ntakuzuyaza mu birori byabereye mu karere ka Musanze.

Mwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Miss Popularity muri Miss Rwanda 2019 na Tuyishimire Christian usanzwe afite company ikora ibijyanye na Graphic Design, icyo gihe batangaje ko bari bamaze imyaka ibiri bakundana ndetse banashyiraho amatariki y’ubukwe.

Imwe mu mafoto yasohotse kuri uwo munsi yagaragaza ko aba bombi bazakora ubukwe ku itariki ya 16 Gicurasi 2021, gusa iyi tariki yageze nta n’akanunu gahari ku bukwe bwaba bombi.

Gusa kur’ubu amakuru dukesha BTN avuga ko uyu musore yamaze gutandukana na Miss Josiane ndetse akaba ari mu myiteguro yo gusezerana n’undi mukobwa witwa Anna aherutse kwambika indi mpeta.

Mu mpera z’icyumweru dusoje Christian yasangije abamukurikira kuri instagram amafoto atandukanye ari kumwe n’inkumi yitwa Anna, aho amagambo yaherekeresheje aya mafoto yumvikanishaga ko ibye na Josiane byamaze kurangira.

Hari nk’aho yagize ati:’’Kuva 2018!! Ndagushimira uko witwaye mu nzira zigoye zose. Iki nicyo gihe.. inkuru y’urukundo rw’ukuri. Birabaye’’.

Mu kiganiro uyu musore yagiranye na BTN yashimangiye ko koko ari mu myiteguro yo gusezerana n’uyu mukunzi we mushya ariko yirinda kwemeza igihe bazasezeraniraho.

Yagize ati:’’Ntabwo njya nkunda gushyira ibintu byanjye kuri public ariko hari igihe kizagera ukuri kose kukamenyekana gusa uriya na postinze niwe cheri wanjye, tumaranye imyaka itanu dukundana’’.

Abajijwe ku mafoto yapostinze yagize ati:”Hariya ntabwo twari twasezeranye ariko nabyo ntabwo biri kera, nabyo nibigera muzabimenya”.

Igitangaje kuri Christian ni uburyo avuga ko amaranye imyaka itanu n’uyu mukunzi we nyamara baranavugaga ko we na Miss MWISENEZA Josiane bamaranye imyaka 2 bakundana.

              REBA HANO MU MAFOTO UBURYO Miss MWISENEZA YAGACISHIJEHO NA CHRISTIA UBWO YAMWAMBIKAGA IMPETA

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

September 2, 2023
1.5k
HOME

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

August 21, 2023
1.5k
HOME

Mu Rwanda hadutse umuhanzi mushya uri kwitwara neza witwa ESPE IRADUKUNDA

August 20, 2023
1.4k
HOME

Umugore wa Nyakwigendera Jaypoly yabenze umusore bendaga kubana

August 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In