Wednesday, May 31, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Isi yose yatunguwe n’ibiroli by’abantu bambaye ubusa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/05/02
in NTIBISANZWE, HOME
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu mujyi wa New York hateguwe ibirori byatunguye buri wese wabyumvise aho buri wese wabyitabiriye yagombaga kuza yambaye uko yavutse ni ukuvuga atambaye umwenda namba.

Ibi birori byateguwe mu rwego rwo kumva ababyitabiriye bisanzuye ariko ibijyanye n’ubusambanyi bwashobora kuhakorerwa ntago byari byemewe, iki kirori kandi cyari cyitabiriwe n’ingeri zose abagabo n’abagore bose bambaye ubusa.

IZINDI NKURU WASOMA

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

Ibi birori kandi bikunda gutegurwa n’abakunzi ba Max bahurizwa hamwe mu gusangira bambaye ubusa byaherukaga kuba mu mwaka 2020.

Kurubu hateguye ibindi birori byagombaga kuba muri Leta ya New York ndetse no muri Los Angeles.

Nk’uko tubikesha urubuga rwa The New York Times ngo Uwitabiriye ibirori  wese yagombaga kubanza kwiyandikisha hakoreshejwe urubuga rwabo (Website) kugirango baze gushakirwa umutekano, si ibyo gusa kuko buri muntu yagombaga kwishyura hagati y’amadorali y’amerika 44 na 88 kugira ngo abashe kwinjira .

Bari bateguriwe ifunguro riryoheye buri wese rigizwe na salade, umuceri wa basimati uryoha cyane, ndetse na shokora irimo inkeri.

Abitabiriye ibi birori kuncuro ya mbere binjiraga bafite isoni n’ubwoba, ariko ikingenzi cyo kwitabira ibi biroli ngo  kwari ugukora ikintu kingenzi gifasha buri wese kumva yisanzuye.

Bamwe ngo babanje kubikerensa bakaza bambaye imyenda ariko bagera ku muryango mbere yo kwinjira bagasabwa gusiga imyenda cyangwa bagasubirayo.

Dore ngiyo imyambarire y’abitabiriye icyi kiroli

Igitangaje muri icyi kiroli ngo nta n’umuntu wari wemerewe kwinjira yambaye amasogisi gusa abantu bakaba banyuranye bakaba bamaganiye kure icyi gikorwa n’ubwo ngo atari ku nshuro ya mbere kibaye.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023
1.5k
HOME

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023

Kigali: Dasso yafunzwe akurikiranweho icyaha cya ruswa

May 23, 2023

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi agiye kurongora umukobwa wahoze ayobora Radio ikomeye mu Rwanda

May 22, 2023

Kwibuka 29: ADEPR Kabeza bibutse abakirisitu bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

May 21, 2023

Umugore yakoze igisa n’ubukunguzi mu biroli byo kumenya uko azaba ameze ari gushyingurwa napfa

May 18, 2023

Mu bitaro bya Kabgayi, Ibihombo biravuza ubuhuha

May 18, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In