Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Judith wa Safi yiyambaje Imana mu gusubiza ikibazo kimubaza niba atabyara

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/12/06
in IMYIDAGADURO
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu kiganiro the choice kitambuka kuri Television Isibo ku mugoroba w’icyumweru cyatambutse Judith Niyonizera washakanye na Safi Madiba abajijwe n’abanyamakuru Murindahabi Irene na Phil Peter ikibazo kimubaza niba atabyara, yavuze ko bizwi n’Imana

Uyu mugore mu isura isa n’itishimye kimwe mu bibazo yabajijwe cyari ikimubaza niba yaba abyara cyangwa atabyara akaba yaje kugisubiza mu magambo atari mesnhi aho yagize ati:”Kutabyara ni icyaha se? Kubyara bizwi n’Imana”.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Uretse iki kibazo uyu mugore yongeye kubazwa niba koko akiri umugore wa Safi maze avuga ko bataratandukana, aha yagize ati:”Twasezeraniye hahandi, harya hariya hitwa gute? mwari mwabona dusubirayo se ngo badutandukanye?”.

Kuri iki kibazo yahiniye aha ariko ahamya ko ataratandukana n’umuhanzi Safi MADIBA aho yanavuze ko kuba batari kumwe biterwa n’akazi.

Ubusanzwe uyu Judith uvuka i Musambira mu Karere ka Kamonyi mu ntara y’Amajyepfo aba muri Canada ariko ubu akaba ari mu biruhuko mu Rwanda aho yavuze ko agomba kuba ari mu Rwanda iminsi atazi kubera ko ngo muri Canada hari icyorezo gishyashya cya Covid-19 kizwi nka Omicron akaba yavuze ko agomba kwitonda akabanza akamenya aho giherera akazabona gusubira muri Canada.

Tariki 1 Ukwakira 2017 nibwo Safi Madiba na Niyonizera Judith bashyingiranywe imbere y’amatekego mu Murenge wa Remera mu mujyi wa Kigali ndetse banasezerana mu rusengero bemeranya kubana nk’umugore n’umugabo.

Gusa nyuma y’imyaka itatu bari bamaze babana, uyu muhanzi wanatandukanye na bagenzi be mu itsinda ry’umuziki rya Urban Boyz, yaje gutangaza ko we n’uriya mugore we batandukanye ibintu yavuze mur’aya magambo Ati “Maze amezi atanu nibana njye twaratandukanye. Hari ibintu byinshi tutumvikanyeho biba ngombwa ko dutandukana. Afite uko abayeho nanjye ubu hari uko mbayeho”.

Kugeza ubu Safi akaba aba muri Canada mu mujyi wa Vancouver mu gihe Niyonizera Judith we ari mu Rwanda.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In