Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Karongi: Ikompanyi ya Ngali ikorana na RRA iravugwaho guhutaza no guhohotera abaturage

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/30
in HOME, AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu masoko atandukanye yo mu karere  ka Karongi, yeguriwe ikigo k’imisoro n’amahoro (RRA), mu magambo avunaguye, ikompanyi ya Ngali Campany Ltd kugira ngo ikusanye imisoro yo muri ayo masoko. Ubusanzwe umusoro ku nyungu utangwa n’abacuruzi, ariko abaturage bo muri aka karere bo baratabaza kubera abasoresha bahera ku nkoko y’umworozi n’utundi dutungo two mu rugo , mbese bakama n’ayo mu ihembe, aho gusoresha abacuruzi.

Aba baturage bavuga ko iyo umuntu ajyanye agatungo ku isoko, akabura umukiriya kubera impamvu zitandukanye, agomba gushaka amafaranga aza kwishyura kugira ngo asohore itungo rye mu isoko yari yarizanyemo bitaba ibyo bakarisigarana.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Aba ni bamwe mubari bajyanye inkwavu mu isoko rya Mukungu baganiriye n’umunyamakuru wa Rwanda Tribune bari kumwe n’abari bajyanye  ingurube  muri iri soko rya Mukungu riherereye mu murenge wa Mutuntu, hanyuma ntibabona umukiriya kubera umugobe mubi.

Nk’uko babyivugira bari bumiriwe mu isoko babuze ayo bacira n’ayo bamira ngo kuko batari bafite amafaranga y’umusoro, kugira ngo basohore izi ngurube mu isoko.

Si aba gusa kuko bavuga ko usibye n’ingurune n’inkwavu, Inkoko cyangwa akandi gatungo Gato umuntu yoroye iyo akajyanye mu isoko baramusoresha.

Abaturage bagasaba ubuyobozi bw’akarere n’abandi bose bireba kubatabara ngo kuko aba basoresha babaye ba rusahurira mu nduru, Kandi abaturage ntibabona aho babaza ikibazo cyabo, ngo kuko ibyo Biba abayobozi b’inzego z’ibanze barebera nyamara ntacyo babikoraho.

Umuyobozi w’akarere ka Karongi wungirije ushinzwe ubukungu Niragire Theophile we atangaza ko umuntu ugomba gusora, ari umucuruzi, kuko ariwe uba afite inyungu.

Uyu muyobozi Kandi yatangaje ko abahinzi bajyanye ibiribwa mu isoko kugira ngo baguremo ibindi biribwa cyangwase utundi bakeneye batagomba gusoreshwa. Yongeye ho ko n’umworozi ujyanye itungo ku isoko atagomba kurisorera, kuko umucuruzi uriguze ariwe urisorera.

Abajijwe niba ababikora, baba batabiganiriyeho n’ababakuriye, we yemeje ko ibyo ari ubujura bukabije, avuga ko Kandi, bagiye kubihagurukira kugira ngo ababyihishe inyuma bose bafatwe Kandi bahanwe, by’intangarugero.

Yaboneyeho Kandi gusaba abaturage kujya batunga agatoki ibisambo nk’ibyo byose bisahura abaturage.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In