Saturday, March 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Karongi: Saa mbiri za mugitondo, umugabo yituye hasi mu murima ahita apfa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/23
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugabo wasoromaga icyayi mu murima uherereye mu murenge wa Twumba mu karere ka Karongi yituye hasi ahita apfa

Ni inkuru yamenyekanye mu gitondo cyo kur’uyu wa kane tariki ya 23 Gashyantare 2023 aho abari kumwe n’uyu mugabo batunguwe n’ibibaye bagahamagara inzego z’ubuyobozi zikaza zigasanga umugabo yashizemo umwuka.

Amakuru avuga ko uyu mugabo yitwa Nzayisenga Martin akaba yituye hasi ubwo yari mu murima asoroma icyayi, agahita apfa.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Inzego z’umutekano n’ubuyobozi zahise zihagera mu gukusanya amakuru y’icyahitanye nyakwigendera.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Twumba, Saïba Gashanana yatangaje ko umuryango we wemeje ko Nzayisenga yari arwaye igicuri.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Twumba, Saïba Gashanana

Bikaba bishoboka ko urupfu rwe rwaba rwatewe n’iyi ndwara y’Igicuri.

Ubusanzwe abahanga mu by’ubuzima n’imibereho ya muntu bavuga ko igicuri ari indwara ifata ku bwonko ikunze kurangwa no kwikubita hasi. Iyi ndwara iterwa no kuba umwana yaravutse ananiwe cyangwa kuba umuntu yarakoze impanuka agakomereka ku bwonko.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In