Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Kayonza: Abakobwa bari mu biteje imbere binyuze mu bucukuzi bw’Amabuye

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/08/24
in AMAKURU, MU RWANDA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Urubyiruko rw’Abakobwa bakora ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro mu Karere ka Kayonza barahamya ko bamaze kwiteza imbere babikesha kwitinyuka bagakora akazi ko gucukura amabuye y’Agaciro

YIHIMPUNDU Josiane ni umwe mur’uru rubyiruko, agira ati:”Ndasaba urubyiruko bagenzi bange ko bajya bitinyuka bagakora akazi kose keza kugira ngo biteze imbere aho gusabiriza cyangwa kwishora mu ngeso mbi”.

IZINDI NKURU WASOMA

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Avuga ko ubwo yinjiraga mu kazi ko gucukura amabuye y’agaciro benshi bamucaga intege bavuga ko atazagashobora ariko agahabwa imbaraga no kuba yarifuzaga kwiteza imbere kandi bitanyuze mu kwandavura ahubwo binyuze mu mirimo y’amaboko ye”.

Asaba urubyiruko bagenzi be kujya birinda uwabaca intege ahubwo bakavana amaboko mu mifuka bagakora bafite intego yo kwiteza imbere.

Asoza avuga ko amaze kwigurira amatungo magufi mu rugo ndetse akaba ateganya no kugura ikibanza akubakamo inzu yo kubamo we n’umuryango we dore ko nta n’ababyeyi bose afite kuko abana na Mama we n’abavandimwe babiri.

Uhagarariye RWINKWAVU Worflam Mining aho uyu mukobwa akora Eng. Elmogene TUYISHIMIRE agira ati:” ubu dufitemo abakobwa dukoresha kandi ubona akzi bagakora neza, ntibaraba benshi kuko usanga bagifite akantu ko kwitinya ariko buhoro buhoro bizagenda biza”.

Uhagarariye RWINKWAVU Worflam Mining Eng. Elmogene TUYISHIMIRE

Rwinkwavu worflam Mining ikorwamo n’Abagabo 200 n’abagore 20 bose bari hagati y’imyaka 16 na 30 aho umwe mur’aba ashobora guhembwa amafaranga ibihumbi 600 y’u Rwanda ku kwezi.

Imibare dukesha Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda yo mu mwaka wa 2022 igaragaza ko Intara y’Iburasirazuba ibarurwamo urubyiruko rusaga 942,370 aho mu Karere ka Kayonza  kabarurwa urubyiruko rufite hagati y’imyaka 16 na 30 bangana na 120,691 abahungu ni 59,127 abakobwa ni 61,564 aho mur’aka Karere abafatira imiti igabanya ubukana bwa Sida ku Kigo Nderabuzima cya Rwinkwavu ari 654 hatarimo ababyeyi batwitse n’abonsa.

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In