Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Kayonza: Hari abakobwa biteje imbere binyuze mu kazi ko kotsa inyama

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/06/14
in HOME, AMAKURU, MU RWANDA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Musengimana Shakila ukora akazi ko kotsa inyama avuga ko bimaze kumuteza imbere kuko abona amafaranga yo kwishyura ubwisungane mu kwivuza akaba atakirembera mu rugo nk’uko byahoze mbere.

Musengimana Shakila akora akazi ko kotsa inyama mu mujyi wa Kayonza, ni umwe mu bagore bazwi kandi ugira abakiriya cyane, aho abenshi bamukundira ko yotsa inyama ari umugore, yagize ati: “Hari umushinga witwa ‘Ubakejo’ waje udushyira mu mashyirahamwe nguzamo amafaranga, njya no mu baturanyi mfatamo ideni ntekereza kwihangira umurimo njya kwiga kotsa inyama, ubu ndi umubyeyi wihangiye umurimo nkakora ibyo abantu bose babona ko ari iby’abagabo.”

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Musengimana yemeza ko aka kazi yinjiyemo kamutunze n’umuryango we, yakomeje agira ati: “Aka kazi ntabwo abantu benshi bagakunda kuko byanduza ariko njyewe mbiha agaciro, ndikorera kereka iyo mfite abakiriya benshi nibwo nshaka umuntu umfasha, ubu nageze kuri byinshi nkesha kuba narafashijwe kwitinyuka, mbere nari mu cyiciro cya mbere(Ubudehe) ariko mfite intego yo kujya mu cya gatatu nkajya nishyurira abaturage nka batatu mituweli.”

Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza Nyemazi John Bosco yemeza ko politike nziza y’igihugu cy’u Rwanda iha amahirwe angana kuri buri wese nta gutoranya bigatuma buri wese yakora icyo ashoboye nta rwikango,

yakomeje agira ati: “Uyu munsi ntabwo umugore agitega amaboko umugabo we ahubwo arahaguruka agakora, agafatanya na wa mugabo kubaka rwa rugo.”

Mur’aka karere bamwe mu bagabo bahatuye nabo bemeza ko iterambere ry’umuryango rigirwamo uruhare n’umugabo n’umugore.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In