Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Kayonza: Pasiteri akurikiranweho indonki ya miliyoni 25 Frw 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/07
in NTIBISANZWE, IYOBOKAMANA
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu karere ka Kayonza, Umupasiteri w’imyaka 46 wo mu itorero rya“Four Square Church”, wari umaze amezi umunani yatse abaturage amafaranga kugira ngo abashyire mu mushinga wa compassion ntabikore yashyikirijwe RIB kugira ngo akurikiranweho amafaranga asanga miliyoni 25 z’u Rwanda yabatse.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kabare uherereye mu Karere ka Kayonza bwashyikirije RIB sitasiyo ya Ndego, Uyu mugabo kur’uyu wa Gatatu akaba akurikiranweho kwaka abaturage amafaranga asaga miliyoni 25 Frw, buri muturage akaba yaramucaga ibihumbi 100 Frw amwizeza kumushyira muri compassion izarihirira abana babo amashuri.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Gatanazi Longin Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabare, aganira na MUHAZIYACU, yavuze ko uyu mugabo yafashwe nyuma y’uko abaturage 250 baturuka mu mirenge ya Kabare, Murama na Mwiri  bamurega kubahuguza amafaranga ababeshya kubashyirira abana muri compassion.

Gatanazi agira ati: “Ni umupasiteri wo mu itorero ryitwa Four Square Church ishami rya Kabare, yatse abaturage ibihumbi 100 Frw akabizeza ko azabashyira mu mushinga wa compassion uzafasha abana babo, ubu dufite urutonde rw’abaturage 250 bose bavuga ko bagiye bamuha ayo mafaranga.”

Uyu muyobozi yavuze ko kuri ubu uyu mupasiteri afungiye kuri RIB sitasiyo ya Ndego, akaba yasabye abaturage kwirinda abantu nk’aba babaka amafaranga bavuga ko bifuza kubafasha, yabasabye kandi kujya bagana ubuyobozi bakabugisha inama mbere yo gufata umwanzuro ku gikorwa kibasaba amafaranga nkayo.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In