Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Kenya Imaze kubona Presida mushya usimbuye Kenyatta

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/15
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

William Ruto niwe wegukanye umwanya wo kuyobora kenya aho akaimara gutangazwa mu ijambo rye avuze ko ashimira Imana n’abanyakenya kuba baragaragaje ukwihangana mu gutegereza ibivuye mu matora.

Agira ati:”Ndashimira Imana kuba yadushoboje gukora aya matora, mur’aya matora nta mfabusa nimwe twagize, abaturage ba kenya mwese mwatsinze”.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Agura ati:”Turashimira abafatanyabikorwa bacu mur’aya matora cyane cyane abihaye Imana, ndizera ntashidikanya ko amasengesho yanyu yageze ku Mana”.

Ndashimira Mugenzi wanjye Railla Odinga kuba yarafatanyije nange mu matota, nzakorera abanyakenya mwese kandi mwese abanyakenya mwarakoze, nzashyira mu bikorwa inshingano zanyu zose. Ndabizeza ko nzakorera mu muryo kandi nzakorana n’abatavuga rumwe natwe nicyo nizeza abanyakenya. Yasoje ashimira Perezida warusanzweho ariwe Uhuru KENYATTA aho yagize ati:”Ndashimira cyane kandi my boss Uhuru Kenyatta twakoranye mu myaka 10 ishize, ndabizeza ko ntazasubiza inyuma igihugu aho yari akigejeje ahubwo nzakomerezaho yari agejeje mu kugiteza imbere no kugikorera, nta mwanya wo gusubira inyuma ahubwo turaremba imbere kandi nta mwanya wo kureba inyuma dufite”.

Yitwa William Samoei Arap Ruto ni umunyapolitiki wo muri Kenya wakoraga nka Visi Perezida wa Kenya kuva mu mwaka wa  2013.

Ruto akaba abaye Presida nyuma yaho yari umukandida wa mu ishyaka rya UDA mu matora . Mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka 2013, Ruto yatorewe kuba Visi Perezida ari kumwe na Perezida Uhuru Kenyatta.

William Samoei Arap Ruto Perezida wa 5 w’igihugu cya Kenya

Ruto akaba abaye Presida wa 5 w’igihugu cya kenya cyabonye ubwigenge kuwa 12 Ukuboza1963.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In