Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Kenya: Ishyamba si ryeru, umwe mu bakozi ba komisiyo y’amatora yishwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/16
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma y’uko muri Kenya haraye hatangajwe Perezida mushya ariwe William Ruto, Umukozi wa komisiyo ishinzwe amatora (IEBC) witwa Daniel Mbolu Musyoka wari waburiwe irengero yabonetse yapfuye ahitwa i Kajiado.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere, abapolisi bakomoka i Loitoktok, mu ntara ya Kajiado y’Amajyepfo bamenyeshejwe ko hari umurambo w’umugabo wabonetse mu ishyamba.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi wa polisi ya Loitok, Kipruto Ruto, ngo umurambo wa Bwana Mbolu wamenywe na bashiki be Mary Mwikali na Ann Mboya mu buruhukiro bwa Loitokitok.

Bwana Ruto ati: “Bashiki be bombi nibo bamenye umurambo we ubwo wari uryamye mu bitaro by’intara ya Loitoktok, dutegereje telefoni iva ku cyicaro gikuru cya polisi kugira ngo tumenye niba tujyana umurambo mu buruhukiro bw’Umujyi cyangwa uguma hano.”

Bwana Musyoka w’imyaka 53 yakoraga nk’ushinzwe amatora muri Nairobi ho mu gihugu cya Kenya.

Bwana Ruto akomeza avuga ko umurambo w’uyu mugabo watoraguwe n’abashumba hakiri kare ku wa mbere mu ishyamba rya Kilombero.

Igitangazamakuru cyitwa kenyans.co.ke gitangaza ko umurambo w’uyu mugabo wajugunywe ahantu hazwiho gutabwa abantu bishwe.

Mbere gato yuko Perezida wa Komisiyo yigenga y’amatora muri Kenya atangaza ibyavuye mu matora y’Umukuru w’iguhugu mushya, yavuze ko bitari byoroshye kugera ku mwanzuro kuko babiri mu bagize ibiro bye bakubiswe bagakomeretswa ndetse umwe mu bagize Akabama k’amatora yatawe muri yombi mu buryo yeruye ko atazi ikibyihishe inyuma.

Nyuma yo gutangaza ko William Ruto ari we watsinze amatora ku majwi 50.49% mu gihe Raila Odinga bari bahanganye yagize 48%,bamwe mu banya Kenya ntibishimye ndetse byitezwe ko umutekano ushobora kuba muke muri iki gihugu.

Daniel Mbolu Musyoka umurambo we wajugunywe ahantu hazwiho gutabwa abantu bishwe.
Daniel Mbolu Musyoka wari umukozi wa Komisiyo y’amatora muri Kenya
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In