Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Kenya: Ishyamba si ryeru, umwe mu bakozi ba komisiyo y’amatora yishwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/16
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma y’uko muri Kenya haraye hatangajwe Perezida mushya ariwe William Ruto, Umukozi wa komisiyo ishinzwe amatora (IEBC) witwa Daniel Mbolu Musyoka wari waburiwe irengero yabonetse yapfuye ahitwa i Kajiado.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere, abapolisi bakomoka i Loitoktok, mu ntara ya Kajiado y’Amajyepfo bamenyeshejwe ko hari umurambo w’umugabo wabonetse mu ishyamba.

IZINDI NKURU WASOMA

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi wa polisi ya Loitok, Kipruto Ruto, ngo umurambo wa Bwana Mbolu wamenywe na bashiki be Mary Mwikali na Ann Mboya mu buruhukiro bwa Loitokitok.

Bwana Ruto ati: “Bashiki be bombi nibo bamenye umurambo we ubwo wari uryamye mu bitaro by’intara ya Loitoktok, dutegereje telefoni iva ku cyicaro gikuru cya polisi kugira ngo tumenye niba tujyana umurambo mu buruhukiro bw’Umujyi cyangwa uguma hano.”

Bwana Musyoka w’imyaka 53 yakoraga nk’ushinzwe amatora muri Nairobi ho mu gihugu cya Kenya.

Bwana Ruto akomeza avuga ko umurambo w’uyu mugabo watoraguwe n’abashumba hakiri kare ku wa mbere mu ishyamba rya Kilombero.

Igitangazamakuru cyitwa kenyans.co.ke gitangaza ko umurambo w’uyu mugabo wajugunywe ahantu hazwiho gutabwa abantu bishwe.

Mbere gato yuko Perezida wa Komisiyo yigenga y’amatora muri Kenya atangaza ibyavuye mu matora y’Umukuru w’iguhugu mushya, yavuze ko bitari byoroshye kugera ku mwanzuro kuko babiri mu bagize ibiro bye bakubiswe bagakomeretswa ndetse umwe mu bagize Akabama k’amatora yatawe muri yombi mu buryo yeruye ko atazi ikibyihishe inyuma.

Nyuma yo gutangaza ko William Ruto ari we watsinze amatora ku majwi 50.49% mu gihe Raila Odinga bari bahanganye yagize 48%,bamwe mu banya Kenya ntibishimye ndetse byitezwe ko umutekano ushobora kuba muke muri iki gihugu.

Daniel Mbolu Musyoka umurambo we wajugunywe ahantu hazwiho gutabwa abantu bishwe.
Daniel Mbolu Musyoka wari umukozi wa Komisiyo y’amatora muri Kenya
Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In